Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ubwo bari i Vatican bitabiriye umuhango wo gushyingura Papa Francis.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Gicurasi 2025, mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Mpenge, Akarere ka Musanze ni bwo abaturage n’abagenzi babyutse basanga Akimanizanye Vestine w’imyaka 51, aryamye ku...
Abasirikare bane ba Afurika y’Epfo bakomerekeye mu mirwano bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mpera za Mutarama 2025,...
Umuvugizi w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Rear Admiral Prince Tshabalala, yatangaje ko gucyura abasirikare babo, aba Tanzania n’aba Malawi boherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwe ifoto imugaragaza yambaye nk’Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika (Papa).