skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican

Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ubwo bari i Vatican bitabiriye umuhango wo gushyingura Papa Francis.
3 May 2025 Yasuwe: 378 0

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Oligui Nguema wa Gabon

Perezida Kagame ni umwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we wa Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema, uherutse gutsinda amatora ku majwi 94,85 %.
3 May 2025 Yasuwe: 788 0

Umuriro ukomeje kwaka muri Ukraine kubera ibitero by’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko u Burusiya bukomeje kugaba ibitero ku gihugu cye, ashimangira ko nubwo amahanga akomeje gusaba impande zombi guhana agahenge, bwo butabishaka.
3 May 2025 Yasuwe: 677 0

Musanze: Basanze umugore yapfiriye ku muhanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Gicurasi 2025, mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Mpenge, Akarere ka Musanze ni bwo abaturage n’abagenzi babyutse basanga Akimanizanye Vestine w’imyaka 51, aryamye ku...
3 May 2025 Yasuwe: 1026 0

Abasirikare ba Afurika y’Epfo bakomerekeye muri RDC baracyari mu bitaro

Abasirikare bane ba Afurika y’Epfo bakomerekeye mu mirwano bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mpera za Mutarama 2025,...
3 May 2025 Yasuwe: 998 0

Gucyura ingabo za SADC ziri muri RDC bishobora kumara amezi abiri

Umuvugizi w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Rear Admiral Prince Tshabalala, yatangaje ko gucyura abasirikare babo, aba Tanzania n’aba Malawi boherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo...
3 May 2025 Yasuwe: 669 0

Trump yashyize hanze ifoto yambaye nka Papa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwe ifoto imugaragaza yambaye nk’Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika (Papa).
3 May 2025 Yasuwe: 1958 0

Umucamanza wa Loni yakatiwe gufungwa imyaka itandatu

Urukiko rwa Oxford mu Bwongereza rwakatiye Umucamanza w’Umuryango w’Abibumbye, Lydia Mugambe, igifungo cy’imyaka itandatu n’amezi ane nyuma yo kumuhamya gukoresha undi ubucakara.
3 May 2025 Yasuwe: 559 0

Kabuga akomeje kubera umutwaro urukiko rwa Loni

Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwagaragaje ko Kabuga Félicien akomeje kurubera umutwaro mu gihe rusabwa kugabanya...
2 May 2025 Yasuwe: 708 0

Dosiye ya Moses yagejejwe mu rukiko

Dosiye ya Turahirwa Moses wa Moshions yamaze kuregerwa Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
2 May 2025 Yasuwe: 398 0