Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko ushyigikiye ibiganiro bigamije guhuza u Rwanda na RDC biri kugirwamo uruhare na Qatar na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gusa usaba ko byubakira ku...
U Rwanda, RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byemeranyije ko amasezerano y’amahoro azasinywa muri Kamena, mu muhango uzabera muri White House imbere ya Perezida Trump, aho byitezwe ko...
Uruganda rwa Apple rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo na telefone za iPhone, rwatangaje ko izo rucuruza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitazongera gukorerwa mu Bushinwa.
Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yaciye amarenga ko intambara iri guhuza u Burusiya na Ukraine itari hafi kurangira, avuga ko igikenewe ari uko Ukraine n’u Burusiya byashaka...