Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, uwo benshi bavuzeho kuba inshoreke ye ntiyigeze agaragara mu bantu...
Turahirwa Moses ukurikiranweho ibyaha byo kunywa urumogi, kurufatanwa ndetse no kurutunda, ubwo yari mu rubanza rw’ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, yavuze ko yagiye gusakwa mu masaha y’igicuku...
Kuri uyu wa 06 Gicurasi 2025, uwahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo, Ntazinda Erasme yajejejwe imbere y’urukiko ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo.