skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Uwavuzweho kuba inshoreke Ya Ntazinda wari meya wa Nyanza ntiyagaragaye mu Rukiko mu baje kumushyigikira

Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, uwo benshi bavuzeho kuba inshoreke ye ntiyigeze agaragara mu bantu...
7 May 2025 Yasuwe: 1538 0

Abasirikare batandukanye bakomeje gutakariza ubuzima bwabo mu butumwa bw’amahoro harimo nab’ u Rwanda

U Rwanda ndetse n’ibindi bihugu bitandukanye byohereza ingabo mu butumwa bw’amahoro mu bindi bihugu bifite ibibazo by’umutekano muke muri Afurika ariko hakabamo abataha ndetse n’abandi bahasiga...
7 May 2025 Yasuwe: 1237 0

Moses yagiye gusakwa saa sita z’ijoro yanga gufungura baca urugi

Turahirwa Moses ukurikiranweho ibyaha byo kunywa urumogi, kurufatanwa ndetse no kurutunda, ubwo yari mu rubanza rw’ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, yavuze ko yagiye gusakwa mu masaha y’igicuku...
7 May 2025 Yasuwe: 754 0

Ntazinda Erasme yagejejwe imbere y’urukiko ntiyaburana

Kuri uyu wa 06 Gicurasi 2025, uwahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo, Ntazinda Erasme yajejejwe imbere y’urukiko ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo.
6 May 2025 Yasuwe: 1813 0

Moses yabwiye urukiko impamvu anywa ibiyobyabwenge

Turahirwa Moses ubwo yagezwa imbere y’urukiko, yemeye icyaha ashijwa cyo kunywa urumogi ndetse avuga ko impamvu abinywa ari ukubera uburwayi ndetse no gushaka kwifasha gukira agahinda gakabije afite.
6 May 2025 Yasuwe: 1895 0

Ntazinda wari Meya wa Nyanza agiye kugezwa imbere y’urukiko

Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza agatabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze, agiye kugezwa imbere y’Urukiko...
5 May 2025 Yasuwe: 1132 0

Umuhengeri wishe ba mukerarugendo 10 mu Bushinwa

Umuhengeri wibasiye umugezi wa Wu hafi y’Umujyi wa Qianxi mu Majyepfo y’u Burengerazuba bw’u Bushinwa wahitanye abantu 10 abandi 70 barakomereka.
5 May 2025 Yasuwe: 441 0

Abahagarariye AFC/M23 na RDC bongeye guhurira muri Qatar

Abahagarariye ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basubiye mu biganiro by’amahoro bimaze igihe kirenga ukwezi bibera muri Qatar.
5 May 2025 Yasuwe: 644 0

NISR yatangaje ko umusaruro w’inganda muri Werurwe 2025 wiyongereyeho 5%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro w’inganda wiyongereyeho 5% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka ushize.
5 May 2025 Yasuwe: 234 0

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yakebuye abakoresha badaha abakozi ibiteganwa n’itegeko

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Ambasaderi Christine Nkulikiyinka yibukije abakoresha badaha abakozi ibiteganywa n’amategeko, guhindura imyumvire kuko iyo umukozi adafashwe neza...
5 May 2025 Yasuwe: 487 0