skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Perezida Kagame yageze muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Abidjan muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye Inama Nyafurika y’Abayobozi b’Ibigo (Africa CEO Forum).
12 May 2025 Yasuwe: 577 0

Uwahoze ari Umudepite mu Bwongereza yasabye ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasubukurwa

Tom Tugendhat wabaye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, yasabye igihugu cye kubyutsa ubufatanye cyari gifitanye n’u Rwanda mu bijyanye n’abimukira.
12 May 2025 Yasuwe: 325 0

Umunyarwandakazi yiciwe muri Uganda atewe icyuma mu mutwe

Mukandayisenga Donatille wari utuye mu Karere ka Kabale muri Uganda, yishwe ku wa 10 Gicurasi 2025 akubiswe icyuma mu mutwe.
11 May 2025 Yasuwe: 1104 0

Bimwe mu byatunguye Cardinal Kambanda n’abandi bitabiriye itorwa rya Papa Léon XIV

Antoine Cardinal Kambanda wabaye umunyarwanda wa mbere watoye Papa, yatangaje ko itorwa ya Papa Léon XIV, ryatunguranye anamugaragaza nk’umushumba utanga icyizere.
10 May 2025 Yasuwe: 1746 0

Ikigo Kundubuzima Health care gifite imiti ikiza Kanseri yo mu maraso ikunze guhitana benshi mu maraso

Ikigo Kundubuzima Health care gifasha abarwaye Kanseri yo mu maraso, akaba ari indwara ikunze guhitana abantu benshi hirya no hino ku isi. Ikaba ivurwa igakira hifashishijwe imiti y’umwimerere...
10 May 2025 Yasuwe: 1555 0

RGB yahagaritse itorero rya Pasiteri Julienne Kabanda

Itorero Grace Room Ministries riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda ryambuwe ubuzima gatozi buryemerera gukorera mu Rwanda
10 May 2025 Yasuwe: 1168 0

Ntazinda Erasme wari meya wa Nyanza urukiko rwanzuye ko afungurwa

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, wari ukurikiranweho icyaha cy’ubushoreke no guta urugo afungurwa.
9 May 2025 Yasuwe: 2308 0

Turahirwa Moses yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Kuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Turahirwa Moses afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
9 May 2025 Yasuwe: 1100 0

Dore bimwe mu byaranze abapapa 5 bayoboye kiliziya kuva 1978 kugeza kuri papa mushya watowe

Tugiye kugaruka kuri bimwe mu byaranze aba papa 5 bayoboye Kiliiziya kuva mu mwaka 1978 kugeza kuri papa mushya watowe ndetse n’umwihariko wa buri wese.
9 May 2025 Yasuwe: 1405 0

Karidinali Robert Francis Prevost niwe watorewe kuba papa

Umukaridinali w’umunyamerika Robert Francis Prevost niwe watorewe kuba umushumba wa Kiliziya ku isi, akaba yahisemo kuzakoresha izina rya Papa Leo XIV.
8 May 2025 Yasuwe: 1208 0