Kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Abidjan muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye Inama Nyafurika y’Abayobozi b’Ibigo (Africa CEO Forum).
Antoine Cardinal Kambanda wabaye umunyarwanda wa mbere watoye Papa, yatangaje ko itorwa ya Papa Léon XIV, ryatunguranye anamugaragaza nk’umushumba utanga icyizere.
Ikigo Kundubuzima Health care gifasha abarwaye Kanseri yo mu maraso, akaba ari indwara ikunze guhitana abantu benshi hirya no hino ku isi. Ikaba ivurwa igakira hifashishijwe imiti y’umwimerere...
Tugiye kugaruka kuri bimwe mu byaranze aba papa 5 bayoboye Kiliiziya kuva mu mwaka 1978 kugeza kuri papa mushya watowe ndetse n’umwihariko wa buri wese.
Umukaridinali w’umunyamerika Robert Francis Prevost niwe watorewe kuba umushumba wa Kiliziya ku isi, akaba yahisemo kuzakoresha izina rya Papa Leo XIV.