Leta y’u Burusiya yashinje u Bwongereza kwenyegeza intambara yo muri Ukraine binyuze mu gutanga intwaro ndetse no kwitambika inzira y’ibiganiro kuva mu 2022.
Kuri uyu wa 17 Gicurasi 2025 U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 360 baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyizeho Komisiyo yihariye ishinzwe gusuzuma niba Joseph Kabila wabaye Perezida w’iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yakwamburwa ubudahangarwa...
Senateri Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, yagaragaje ko ingabo z’igihugu cyabo zishobora gutsindirwa hamwe n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR mu ntambara yo...
James Comey wahoze ayobora Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) ari gukorwaho ipererezi n’Urwego rurinda Umukuru w’Igihugu kubera ifoto aherutse gushyira ku rubuga rwe rwa...