skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

I Kigali hamurikiwe intwaro zigezweho harimo n’izikorerwa mu Rwanda

Mu Rwanda hari uruganda rukora intwaro rumaze igihe rukora ndetse mu bikoresho bya gisirikare byifashishwa mu bikorwa by’umutekano byamuritswe mu Nama Mpuzamahanga y’Umutekano muri Afurika (ISCA),...
19 May 2025 Yasuwe: 1977 0

Trump na Obama bifurije Biden kurwara ubukira nyuma yo gusangwamo Kanseri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, Barack Obama n’abandi banyapolitiki, bifurije Joe Biden yasimbuye ku butegetsi kurwara ubukira nyuma y’aho asanzwemo Kanseri ya Prostate...
19 May 2025 Yasuwe: 545 0

Perezida Kagame yagaragaje icyatuma umutekano wa Afurika ugerwaho utavangiwe n’amahanga

Perezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika ikwiye kwita ku nkingi yo kwishakamo ibisubizo biyifasha kwirindira umutekano, yirinda ko ukomeza kujya mu maboko y’amahanga kuko mu myaka myinshi yashize...
19 May 2025 Yasuwe: 678 0

Abasenateri 40 ni bo bari gusuzuma niba Joseph Kabila yakwamburwa ubudahangarwa

Abasenateri 40 ni bo bagize Komisiyo yihariye ya Sena ishinzwe gusuzuma niba Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yakwamburwa...
19 May 2025 Yasuwe: 457 0

Abandi Banyarwanda 796 bari barafashwe bugwate na FDLR bageze mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye kuri uyu wa 19 Gicurasi 2025 abandi Banyarwanda 796 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
19 May 2025 Yasuwe: 769 0

Hatangajwe igihe inyandiko z’Inkiko Gacaca zizaba zarangiye gushyirwa mu ikoranabuhanga

U Rwanda rugeze mu cyiciro cya nyuma cyo gushyira mu ikoranabuhanga no kubika neza inyandiko z’Inkiko Gacaca, zagize uruhare rukomeye mu kubanisha Abanyarwanda no gukemura ibibazo byaturutse kuri...
19 May 2025 Yasuwe: 371 0

Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere

Abashakashatsi bagaragaje ko igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora...
19 May 2025 Yasuwe: 1340 0

U Rwanda rushobora kwakira amashami amwe ya Loni

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byagaragaje inyota yo kuba byaba icyicaro cy’amashami amwe n’amwe ya Loni, bigendanye n’amavugurura ari gukorwa n’uyu muryango ajyanye no kwimura amashami mu guhangana...
19 May 2025 Yasuwe: 713 0

Kiliziya Gatolika yanenze icyemezo cyo gufunga banki mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Leta cyo gufunga banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
19 May 2025 Yasuwe: 840 0

Perezida Ramaphosa agiye kugirira uruzinduko kwa Trump bamaze igihe badacana uwaka

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola yatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho azahura na Perezida Donald...
17 May 2025 Yasuwe: 460 0