skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Dosiye ya Bishop Gafaranga yagejejwe mu Rukiko hamenyekana n’itariki azaburaniraho

Bishop Gafaranga watawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina, yamaze kuregerwa Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata.
20 May 2025 Yasuwe: 696 0

Abadepite b’abagore muri Afurika basabwe kutarebera akarengane kari muri RDC

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gerturde, yasabye abagore bagize intego zishinga amategeko mu bihugu byo muri Afurika bibarizwa muri ‘Commonwealth’,...
20 May 2025 Yasuwe: 389 0

Qatar yatangaje ko ibitero bya Israel bikomeje kubangamira inzira y’amahoro

Qatar nk’umuhuza hagati ya Israel na Palesitine,Qatar yatangaje ko kubera ibitero Israel ikomeje kugaba mu gace ka Gaza, bibangamiye amasezerano y’amahoro.
20 May 2025 Yasuwe: 354 0

Louise Mushikiwabo yavuze ko Afrika ifite uburenganzira bwo gukorana n’abo ishaka

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo yatangaje ko Afurika ikwiye guhahira aho ishaka no gukorana n’abo yihitiyemo bashobora kuyifasha...
20 May 2025 Yasuwe: 416 0

Umusesenguzi mu bya Politike Victor Gao yemeje ko perezida Kagame ari umuyobozi mwiza mu Rwanda no muri Afrika yose

Umusesenguzi mu bya Politike akaba na Visi Perezida w’Ikigo Center for China and Globalization, Victor Gao yatangaje ko Perezida Paul Kagame yarenze kuba umuyobozi mwiza w’u Rwanda, ahubwo ari...
20 May 2025 Yasuwe: 671 0

Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji

Ishyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi ryashinje CNDD-FDD ya Perezida Evariste Ndayishimiye guha akazi abanyamuryango gusa, rititaye ku bumenyi bukenewe kugira ngo igihugu gitere...
20 May 2025 Yasuwe: 488 0

Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky bigoye

Perezida wa Ubumwe za Leta Zunze Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko kuganira na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ku kibazo cy’intambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya bigoye.
20 May 2025 Yasuwe: 396 0

Israel yatangaje ko intego zayo ari ukwigarurira Gaza burundu

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko intego bafite ari ukwigarurira burundu Intara ya Gaza, mu rwego rwo kuyikoresha nka hamwe mu hazajya hategurirwa ibikorwa bya...
20 May 2025 Yasuwe: 342 0

Joseph Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa

Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yasabwe kwitaba Sena kugira ngo agire icyo avuga ku mugambi wo kumwambura ubudahangarwa.
20 May 2025 Yasuwe: 377 0

Iperereza u Bufaransa bwakoraga ku mugore wa Habyarimana ryarangiye

Ubutabera bw’u Bufaransa bwahagaritse iperereza bwakoraga kuri Agathe Kanziga, umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
20 May 2025 Yasuwe: 748 0