skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Iran yababajwe n’icyifuzo cya Amerika ku ntwaro za nucléaire

Iran yagaragaje ko yababajwe n’icyifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku itunganywa ry’ingufu za nucléaire mu kinyabutabire cya Uranium, bikekwa ko zishobora kuzifashishwa mu gukora intwaro...
2 June 2025 Yasuwe: 267 0

Perezida wa Ukraine yigambye igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yivuze imyato nyuma y’aho ingabo z’igihugu cye zigabye ibitero ku bigo by’ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere, zigatwika indege z’intambara zigera kuri 41.
2 June 2025 Yasuwe: 414 0

Urukiko rwategetse ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo

kuri uyu wa 23 Gicurasi 2025, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwategetse ko Habiyaremye Zacharie wamenyekane nka Bishop Gafaranga, afungwa iminsi 30 y’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma...
23 May 2025 Yasuwe: 1030 0

Trump yasabye Apple gukorera iPhone muri Amerika cyangwa ikishyura umusoro wa 25%

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ikigo Apple gukorera telefone za iPhone muri iki gihugu cyangwa se zigashyirirwaho umusoro wa 25%.
23 May 2025 Yasuwe: 498 0

Mu Rwanda hatangijwe ikoranabuhanga rizafasha gutahura imodoka yikoreye ibirenze ubushobozi bwayo

Ikigo cya Beno Holdings ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Ubumenyi n’Ikoranabuhanga, NCST, n’abandi bafatanyabikorwa bamuritse sisiteme izajya igaragaza ikanapima ibiro imodoka yikoreye...
23 May 2025 Yasuwe: 613 0

Trump yabujije Kaminuza ya Havard kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, White House, byatse kaminuza ya Havard uburenganzira bwo kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga kubera kwanga gukaza ingamba ku...
23 May 2025 Yasuwe: 512 0

U Bufaransa bwamaganiye kure Israel ibushinja guhembera urwango

Leta y’u Bufaransa yateye utwatsi ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Gideon Saar, wavuze ko ibihugu by’i Burayi biri kwenyegeza urwango ndetse n’ubugizi bwa nabi ku gihugu...
23 May 2025 Yasuwe: 331 0

Kabila agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa

Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ateganya kugeza ijambo ku Banye-Congo mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2025 nyuma yo...
23 May 2025 Yasuwe: 1267 0

Uwahoze ari Visi Perezida w’u Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga

Senateri Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, yagaragaje ko Perezida Paul Kagame yashatse kwiyunga na Pierre Nkurunziza wayoboraga u Burundi, ariko biranga.
23 May 2025 Yasuwe: 983 0

Amerika yafatiye ibihano Sudan kubera gukoresha intwaro kirimbuzi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Sudan birimo; guhagarika kohereza ibicuruzwa, inkunga n’inguzanyo nyuma y’uko icyo gihugu gishinjwe kurenga ku mategeko mpuzamahanga n’uburenganzira...
23 May 2025 Yasuwe: 615 0