Ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) birimo u Rwanda, Kenya, Tanzania, Uganda n’u Burundi zigiye guhurira mu bikorwa byo gufasha abaturage bizabera mu Rwanda.
Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwatangaje ko umubare w’ibirego by’abana batarengeje imyaka 18 byaburanishijwe mu myaka ine ishize wikubye inshuro zirenga ebyiri kuva mu 2020 kugeza mu 2024.
Ihuriro rya sosiyete sivile muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryasabye ubutegetsi gufungura Brigadier Général Pierre Banywesize wigeze kurinda umutekano wa Joseph Kabila Kabange.
Ubushakashatsi bwamurikiwe mu nama y’ihuriro ry’abaganga b’inzobere mu kuvura kanseri bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (ASCO) ku wa 1 Kamena 2025, bwagaragaje ko umuti mushya wa Camizestrant...