skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Ingabo zo muri EAC zigiye gukora ibikorwa biteza imbere imibereho y’abaturage

Ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) birimo u Rwanda, Kenya, Tanzania, Uganda n’u Burundi zigiye guhurira mu bikorwa byo gufasha abaturage bizabera mu Rwanda.
2 June 2025 Yasuwe: 262 0

Umudepite w’u Burusiya yise Ukraine igihugu cy’ibyihebe

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya witwa Andrey Kartapolov, yashinje inzego z’ubutasi gutegura igitero gikomeye cyasenye ikiraro mu gace ka Bryansk kigahitana barindwi, avuga ko ari...
2 June 2025 Yasuwe: 425 0

Minisitiri Sebahizi yatangaje ko u Rwanda rudakeneye gutimiza Sima mu mahanga

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko u Rwanda rudakeneye gutumiza ku isoko ryo hanze sima kuko inganda z’imbere mu gihugu zifite ubushobozi bwo guhaza isoko ry’abubatsi.
2 June 2025 Yasuwe: 447 0

USA: Umugabo yatwitse abantu umunani

Umugabo yatwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa zabanya-Isirael zafashwe n’umutwe wa Hamas.
2 June 2025 Yasuwe: 433 0

Umubare w’imanza ziregwamo abana batagejeje ku myaka 18 wikubye kabiri

Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwatangaje ko umubare w’ibirego by’abana batarengeje imyaka 18 byaburanishijwe mu myaka ine ishize wikubye inshuro zirenga ebyiri kuva mu 2020 kugeza mu 2024.
2 June 2025 Yasuwe: 348 0

Guverinoma ya Sudani yasheshwe

Minisitiri w’Intebe mushya wa Sudani, Kamil Idris, ku wa 1 Kamena 2025 yasheshe guverinoma y’iki gihugu nyuma y’umunsi umwe arahiriye iyi nshingano.
2 June 2025 Yasuwe: 485 0

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Budage yavuze ko U Burusiya bushobora kugaba ibitero kiri OTAN

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Budage, General Carsten Breuer, yaburiye ibihugu bigize Umuryango w’Ubutabarane, OTAN, ko bigomba kwitegura hakiri kare igitero u Burusiya bushobora kugaba kuri uyu...
2 June 2025 Yasuwe: 927 0

Mu Bubiligi umudepite yambuwe ubudahangarwa kubera ubusinzi

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bubiligi yakuyeho ubudahangarwa bwa Kathleen Depoorter, umudepite wo mu ishyaka N-VA azira gutwara imodoka yasinze.
2 June 2025 Yasuwe: 451 0

Leta ya RDC yasabwe gufungura Brig Gen. Banywesize wigeze kurinda Kabila

Ihuriro rya sosiyete sivile muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryasabye ubutegetsi gufungura Brigadier Général Pierre Banywesize wigeze kurinda umutekano wa Joseph Kabila Kabange.
2 June 2025 Yasuwe: 712 0

Abashakashatsi bavumbuye umuti mushya ushobora kubuza kanseri y’ibere gukura

Ubushakashatsi bwamurikiwe mu nama y’ihuriro ry’abaganga b’inzobere mu kuvura kanseri bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (ASCO) ku wa 1 Kamena 2025, bwagaragaje ko umuti mushya wa Camizestrant...
2 June 2025 Yasuwe: 1067 0