Abanyamuryango b’umuryango Greenpeace uharanira kurengera ibidukikije mu Bufaransa, bibye ikibumbano cya Perezida Emmanuel Macron cyabaga mu nzu ndangamurage ya Grevin mu mujyi wa Paris.
Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude, yakiriye mugenzi we wa Ghana Alban Sumana Kingsford Bagbin, uri mu Rwanda ruzinduko rugamije gushimangira...
Raporo y’Ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Gallup, isesengura ibijyanye n’umurimo, yashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu bihugu bifite abakozi bashishikariye akazi bakora.
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ku wa 2 Kamena 2025 yahuye n’abahagarariye urubyiruko n’intumwa z’umunyapolitiki Franck Diongo utavuga...
Karol Nawrocki ukomeye ku mahame y’umuco gakondo, yatsinze amatora ya Perezida muri Pologne, ahigitse Rafal Trzaskowski usanzwe ari Meya wa Warsaw, mu cyiciro cya kabiri cy’amatora cyabaye ku...
Abadepite batanu b’Abademokarate mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, boherereje ibaruwa Umujyanama wa Perezida Donald Trump ushinzwe ibibazo bya Afurika, Massad Boulos,...