skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Urubanza rwa Bishop Gafaranga rwashyizwe mu muhezo

Ubushinjacyaha bwasabye ko urubanza rwa Bishop Gafaranga rubera mu muhezo kuko byasabwe n’uwahohotewe [Annet Murava], ndetse Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruhita rubyemeza.
22 May 2025 Yasuwe: 764 0

Umunyarwandakazi yabaye indashyikirwa mu ishuri rya gisirikare muri Amerika

Umusirikare w’u Rwanda, Sous-Lieutenant Janet Uwamahoro, yarangije amasomo ya gisirikare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse aza mu batsinze by’indashyikirwa.
22 May 2025 Yasuwe: 959 0

Minisitiri w’Ubutabera wa DRC yasabwe kwegura aregwa kunyereza umutungo wa gereza

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba Tungunga, asabwa kwegura by’agateganyo nyuma y’aho Ubushinjacyaha Bukuru busabye Inteko Ishinga Amategeko ya...
22 May 2025 Yasuwe: 314 0

U Bufaransa bwemeye gusubukura iperereza kuri Mbarushimana Callixte ukekwaho uruhare muri Jenoside

Urukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwategetse ko hasubukurwa iperereza kuri Callixte Mbarushimana ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hashingiwe ku kirego cyatanzwe...
22 May 2025 Yasuwe: 268 0

PAM-Rwanda igiye kwizihiza ubwigenge bwa Afurika ku nshuro ya 62 yifatanyije n’abagore 70 ba rwiyemezamirimo

Umuryango uharanira kwihuza no kwigenga kw’Abanyafurika Pan African Movement (PAM) ishami ry’u Rwanda wateguye umuhango wo kwifatanya n’Abanyafurika kwizihiza umunsi wo kwigenga uzabera mu Inteko...
22 May 2025 Yasuwe: 271 0

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa

Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu kwambura Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba,...
21 May 2025 Yasuwe: 689 0

Amerika yanze kwitabira inama ya G20 izabera muri Afurika y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko itazitabira inama y’ibihugu biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe muri Afurika y’Epfo mu Ugushyingo 2025.
21 May 2025 Yasuwe: 549 0

EU yakuyeho ibihano yari yarafatiye Syria

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wavanyeho ibihano by’ubukungu wari warafatiye Syria mu rwego rwo gufasha iki gihugu cyazahajwe n’intambara kongera kwiyubaka.
21 May 2025 Yasuwe: 202 0

Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya

Dmitry Medvedev wahoze ari Perezida w’u Burusiya yavuze ko abayobozi ba Ukraine bafite amahirwe ya nyuma yo kugirana ibiganiro n’u Burusiya kugira ngo baramire igihugu cyabo, bitaba ibyo bazamera...
21 May 2025 Yasuwe: 744 0

Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi aho yitabiriye inama ya EU-AU

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yageze i Buruseli mu Bubiligi aho yitabiriye inama yahuje Abaminisitiri b’Ibihugu bigize Umuryango...
21 May 2025 Yasuwe: 1207 0