Umuryango w’Abibumbye watangaje ko mu myaka itanu (kuva 2025–2029) uzatanga miliyari 1,04$ azakoreshwa mu bufatanye na Leta y’u Rwanda, hagamijwe kuzamura iterambere ry’igihugu.
Ambasaderi Troy Fitrell uri mu bayobozi b’ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ubufatanye na Afurika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizungukira...
Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira yagaragarije Abanyarwanda batahutse nyuma y’imyaka myinshi barafashwe bugwate n’umutwe wa FDLR ko ubumwe bw’Abanyarwanda ari...
Umugore wa Joe Biden wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Jill Biden yasabiwe kujyanwa mu nkiko, ashinjwa kutita ku buzima bw’umugabo we ugeze mu zabukuru.
Inzego z’ubutasi za Amerika zatangaje ko hari ibimenyetso byerekana ko Israel ishobora kuba iri mu mugambi karundura wo kurasa ibikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire muri Iran, kugira...
Mu gihe habura iminsi mike ngo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakire mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, muri White House, Trump yavuze ko muri iki gihugu...
Augustin Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2012 kugeza mu 2016, yakatiwe imyaka 10 yo gukora imirimo y’agahato nyuma yo guhamywa kugira...