Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Cheick Camara, Visi Perezida akaba n’Umuyobozi w’Ishami rya Afurika mu Kigo cy’Abanyamerika, Service Now, gitanga serivisi z’ikoranabuhanga.
Komisiyo idasanzwe ya Sena yari ifite inshingano zo gusuzuma ubusabe bwo kwambura Joseph Kabila wayoboye icyo gihugu ubudahangarwa, yafashe umwanzuro wo kubumukuraho, kugira ngo atangire...
Minisitiri w’Intebe wa Sénégal, Ousmane Sonko, yatangaje ko ingabo z’amahanga zose ziri muri iki gihugu zikwiriye kuvayo bitarenze mu mpera za Nyakanga 2025.