kuri uyu wa 20 werurwe 2025 AFC/M23 yakiriye ubutumire bwa Emir wa Qatar Sheikh Tamim Bin Hamad Al Than,bwo gusura Doha kugirango baganire ku bibazo by’umutekano muke byugarije Repubulika iharanira...
Perezida wa Ukraine Volodymr Zelensky yemereye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump kwigarurira ibigo by’ingufu z’amashanyarazi bya Ukraine kugirango abicungire umutekano
Ubugenzacyaha bwo mu rukiko rw’ubujurire rwa Paris mu Bufaransa bwahinduye umunsi wo gusuzuma ubusabe bw’Ubushinjacyaha bujyanye n’impinduka mu ikurikiranwa ry’umugore wa Habyarimana Juvénal...
Umugabo w’imyaka 37 usanzwe ari umworozi mu Karere ka Kayonza yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, nyuma yo gukubita umushumba we inkoni mu mutwe akamwica, amuziza ko yirije inka ubusa...
Guverinoma ya Angola yatangaje ko iri gukora ibishoboka kugira ngo ihurize mu biganiro umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.