Abanyeshuri barenga 600 bo mu Buhinde bifatanyije n’u Rwanda mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, bahuriye mu nyubako ya Bharat Mandapam mu Mujyi wa New Delhi,...
Umuryango FPR-Inkotanyi watangaje ko wifatanyije n’Abanyarwanda bose by’umwihariko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, muri ibi bihe u Rwanda n’Isi bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye Perezida Habyarimana Juvenal ni bwo Interahamwe n’abasirikare bo mu mutwe warindaga...
Ibikorwa by’amabanki bigiye kongera gufungura mu Mujyi wa Goma nyuma y’amezi abiri bihahagaze nyuma y’uko Inyeshyamba za AFC/M23 zihigaruriye mu mpera za Mutarama.