Minisiteri y’Ubucuruzi y’u Bushinwa yatangaje ko ibicuruzwa biva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byongerewe umusoro wa 41% mu rwego rwo kwihimura kuri Perezida Donald Trump.
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko bwifuza ko abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 bava mu bice byose bagenzura mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo...
Urwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko ikintu kigihangayikishije ari ingengabitekerezo ya Jenoside ikigaragara mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo kandi ari yo yagejeje Igihugu kuri Jenoside yakorewe...
Abanyeshuri bo mu Ishuri ryisumbuye rya Lycée Blaise Pascal d’Orsay ryo mu Bufaransa, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali ruri ku Gisozi mu mwaka ushize ubwo bari mu...
kuri uyu wa 09 Mata 2025 ubwo urubyiruko rwibumbiye mu Muryango wa Our Past Initiative rwibukaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994,Lt Col Désiré Migambi wari ku rugamba rwo kubohora u...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko ahari gukorwa umuyoboro w’amazi, habonetse imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Inyandiko zigaragaza uko Jenoside yakozwe hirya no hino mu gihugu, zerekana ko ku wa 10 Mata 1994 wari umunsi w’ubwicanyi mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngari, Gikongoro, Gisenyi, Byumba,...