Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano za buri wese, kandi atari agahato ariko ko bigomba...
Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), ziravugwa mu mugambi wo kwambura ihuriro AFC/M23 Umujyi wa Goma.
Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Jean-Noël Barrot, kuri uyu wa Mbere.
Uyu mwanzuro wa Algerie ugamije kwihorera ku Bufaransa buherutse guta muri yombi...
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yagaragaje ko iki gihugu gifite ikibazo cy’abasirikare bakuru batarajya ku rugamba na rimwe ku buryo batangiye no kugira ibibazo by’ubuzima, abasaba kuva mu...
Donald Trump, Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika, yakorewe isuzuma ry’ubuzima bwe harimo n’ubwo mu mutwe, rya mbere kuva yatangira manda ya kabiri.