skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Zelensky yasabye Trump gusura Ukraine mbere yo kugirana amasezerano n’u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye Donald Trump kubanza gusura Ukraine mbere yo kugira amasezerano asinyana n’u Burusiya agamije guhagarika intambara.
14 April 2025 Yasuwe: 270 0

RIB yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi atari agahato ariko ko bikwiye kubahwa na buri wese

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano za buri wese, kandi atari agahato ariko ko bigomba...
14 April 2025 Yasuwe: 354 0

MONUSCO iravugwa mu mugambi wo kwambura M23 Umujyi wa Goma

Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), ziravugwa mu mugambi wo kwambura ihuriro AFC/M23 Umujyi wa Goma.
14 April 2025 Yasuwe: 1088 0

Bangladesh yasohoye impapuro zo guta muri yombi umudepitekazi wo mu Bwongereza

Urukiko rwo muri Bangladesh rurasaba ifatwa rya Tulip Siddiq, umwisengeneza wa Sheikh Hasina wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh wirukanwe ku butegetsi
14 April 2025 Yasuwe: 265 0

Abadipolomate 12 b’u Bufaransa bahawe amasaha 48 yo kuva muri Algerie

Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Jean-Noël Barrot, kuri uyu wa Mbere. Uyu mwanzuro wa Algerie ugamije kwihorera ku Bufaransa buherutse guta muri yombi...
14 April 2025 Yasuwe: 226 0

Perezida wa Togo yagizwe umuhuza w’u Rwanda na RDC

Inteko Rusange y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yagize Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, umuhuza uzafasha u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukemura...
14 April 2025 Yasuwe: 408 0

Mu gihugu cya Mozambique abasirikare bakuru basabwe kuva mu ngo no mu biro bakajya ku rugamba

Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yagaragaje ko iki gihugu gifite ikibazo cy’abasirikare bakuru batarajya ku rugamba na rimwe ku buryo batangiye no kugira ibibazo by’ubuzima, abasaba kuva mu...
14 April 2025 Yasuwe: 375 0

Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga udakwiye kwitiranya u Rwanda n’ihuriro AFC/M23

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga udakwiye kwitiranya u Rwanda n’ihuriro AFC/M23 kuko atari rwo rwafashe umujyi...
12 April 2025 Yasuwe: 461 0

Amerika na Iran batangiye ibiganiro nyuma y’imyaka 45 badacana uwaka,

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bamaze imyaka 45 baracanye umubano ushingiye kuri dipolomasi, batangiye kugirana ibiganiro biziguye.
12 April 2025 Yasuwe: 279 0

Perezida wa Amerika Donald Trump yakorewe ibizamini by’ubuzima harimo n’ubwo mu mutwe

Donald Trump, Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika, yakorewe isuzuma ry’ubuzima bwe harimo n’ubwo mu mutwe, rya mbere kuva yatangira manda ya kabiri.
12 April 2025 Yasuwe: 532 0