Kuri uyu wa Kane intumwa zidasanzwe za Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, barahurira na bagenzi babo b’i Burayi i Paris mu Bufaransa, kugira ngo baganire uko bahagarika...
Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine Anfré, yasabye ko abagipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 badakwiye kujenjekerwa, yerekana ko u Bufaransa bukomeje gutanga umusanzu wabwo mu...
Ingabo za Afurika y’Epfo zoherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zihangayikishijwe no kutamenyeshwa igihe...