skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Hakomeje kwibazwa ikihishe inyuma y’ibiganiro bwa Amerika n’Uburayi

Kuri uyu wa Kane intumwa zidasanzwe za Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, barahurira na bagenzi babo b’i Burayi i Paris mu Bufaransa, kugira ngo baganire uko bahagarika...
17 April 2025 Yasuwe: 354 0

Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda yasabye ko abagipfobya Jenoside bakurikiranwa nta kujenjeka

Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine Anfré, yasabye ko abagipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 badakwiye kujenjekerwa, yerekana ko u Bufaransa bukomeje gutanga umusanzu wabwo mu...
17 April 2025 Yasuwe: 130 0

Minisitiri Marizamunda yasabye urubyiruko guharanira kumenya amateka yaranze u Rwanda

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda yasabye urubyiruko guharanira kumenya amateka y’Igihugu, kugira ngo...
16 April 2025 Yasuwe: 311 0

Imitungo iri ahazavugururirwa Gare ya Nyabugogo igiye gutangira kubarurwa

Umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye gutangira kubarura imitungo cyangwa ibikorwa by’ubucuruzi bizimurwa n’imirimo yo kuvugurura Gare ya Nyabugogo.
16 April 2025 Yasuwe: 923 0

Umubano wa AFC/M23 n’uwa SAMIDRC wongeye kuzamo agatotsi

Umubano w’Ihuriro rya AFC/M23 n’uw’Ingabo z’Umuryango wa SADC ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), wongeye kuzamo agatotsi nyuma y’aho rishinje izo ngabo kugira...
16 April 2025 Yasuwe: 976 0

Minisitiri w’Intebe yavuze kucyakuye Abanyarwanda miliyoni 1,5 mu bukene

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko gahunda zitandukanye zigamije kuzamura imibereho y’Abanyarwanda zirimo VUP n’izindi zahanze imirimo, bizamura ibyo umuturage yinjiza.
16 April 2025 Yasuwe: 331 0

Amerika yagejeje umusoro w’ibicuruzwa biva mu Bushinwa kuri 245%

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zongereye umusoro w’ibicuruzwa biva mu Bushinwa ho 100%, ibuziza ko bwafashe ingamba zo kwihimura.
16 April 2025 Yasuwe: 451 0

DRC:Ingabo za Afurika y’Epfo ntiziramenya igihe zizatahira

Ingabo za Afurika y’Epfo zoherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zihangayikishijwe no kutamenyeshwa igihe...
16 April 2025 Yasuwe: 584 0

Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze.
16 April 2025 Yasuwe: 4214 0

Mu Rwanda ubukeneye bwagabanyutseho 12,4%

Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwagaragaje ko ubukene mu Banyarwanda bwagabanyutse mu myaka irindwi ishize bitewe n’imirimo myinshi yahanzwe, ituma ibyo...
16 April 2025 Yasuwe: 299 0