Umucancuro wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Erik Dean Prince, yemereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurinda umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro yayo no kugenzura uburyo...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko u Bushinwa buri gufasha u Burusiya, bukabuha intwaro, izindi bukazikorera ku butaka bw’iki gihugu.
Umugaba Mukuru w’ingabo za Afurika y’Epfo, Gen. Rudzani Maphwanya, yatangaje ko umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) washyizeho itsinda rishinzwe kwihutisha imyiteguro yo gutaha kw’ingabo zawo...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko hari abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside babiba ingengabitekerezo ya Jenoside mu bandi...
Ambasaderi wa Sudani mu Rwanda, Khalid Musa Dafalla Musa, yagarageje ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’uburyo u Rwanda rwiyubatse nyuma y’ibyo bihe bibi, akwiriye kubera urugero...
Umujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari ikibazo gikomeye gikwiye gukemurirwa mu biganiro bihuza...