skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Trump yongeye gushinja Congo kohereza muri Amerika abimukira bakoze ibyaha bikomeye

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye gushinja ‘Congo’ kohereza mu gihugu cye abikumira bakoze ibyaha bikomeye.
18 April 2025 Yasuwe: 434 0

Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage baturiye imipaka, kwirinda ubucuruzi bwa magendu

Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage baturiye imipaka, kwirinda ubucuruzi bwa magendu kuko bubashyira mu kaga bukanahombya igihugu. Ni nyuma y’uko abo mu Karere ka Rubavu barwanyije Abapolisi bari...
18 April 2025 Yasuwe: 341 0

Umucancuro wo muri Amerika agiye kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro bya DRC

Umucancuro wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Erik Dean Prince, yemereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurinda umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro yayo no kugenzura uburyo...
18 April 2025 Yasuwe: 984 0

Zelensky yashinje u Bushinwa guha intwaro u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko u Bushinwa buri gufasha u Burusiya, bukabuha intwaro, izindi bukazikorera ku butaka bw’iki gihugu.
18 April 2025 Yasuwe: 131 0

SADC yashyizeho itsinda ryihutisha imyiteguro yo gutaha kw’ingabo zayo

Umugaba Mukuru w’ingabo za Afurika y’Epfo, Gen. Rudzani Maphwanya, yatangaje ko umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) washyizeho itsinda rishinzwe kwihutisha imyiteguro yo gutaha kw’ingabo zawo...
18 April 2025 Yasuwe: 348 0

Minisitiri Dr. Bizimana yavuze ko hari abagororwa babiba ingengabitekerezo ya Jenoside muri bagenzi babo

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko hari abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside babiba ingengabitekerezo ya Jenoside mu bandi...
17 April 2025 Yasuwe: 277 0

Abatwara ibinyabiziga bagiye kujya bahabwa amanota y’imyitwarire

Inama y’Abaminisitiri yemeje umushinga w’Itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, uteganya amavugurura atandukanye ashingiye kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga rigezweho, mu rwego rwo kurushaho...
17 April 2025 Yasuwe: 730 0

Ambasaderi wa Sudani yavuze ko u Rwanda ari ikitegererezo ku gihugu cyabo

Ambasaderi wa Sudani mu Rwanda, Khalid Musa Dafalla Musa, yagarageje ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’uburyo u Rwanda rwiyubatse nyuma y’ibyo bihe bibi, akwiriye kubera urugero...
17 April 2025 Yasuwe: 231 0

Amerika yagaragaje ko FDLR ari ikibazo gikomeye gikwiye gukemurwa

Umujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari ikibazo gikomeye gikwiye gukemurirwa mu biganiro bihuza...
17 April 2025 Yasuwe: 611 0

Umwuka si mwiza hagati y’ingabo z’u Burundi na Wazalendo

Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntizibanye neza n’imitwe yitwaje intwaro igize ihuriro rya Wazalendo, nyuma y’aho impande zombi zinaniwe...
17 April 2025 Yasuwe: 925 0