skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda za miliyari 10 Frw

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 10 Frw, zizamara imyaka 10.
22 April 2025 Yasuwe: 564 0

Ingabo z’u Burundi ziheruka koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo zahuye n’akaga

Leta y’u Burundi iherutse kohereza mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe kugira ngo bahangane n’umutwe wa Twirwaneho uri mu ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa...
22 April 2025 Yasuwe: 2108 0

Vatican yatangaje itariki Papa Francis azashyingurirwa

Vatican yatangaje ko umuhango wo gushyingura uwari Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, uzaba ku wa 26 Mata 2025 Saa Yine.
22 April 2025 Yasuwe: 947 0

Burkina Faso yaburijemo igitero cyari guhungabanya igihugu

Inzego z’umutekano muri Burkina Faso zatangaje ko zaburijemo ibitero byari bigamije guhungabanya umutekano w’igihugu, hagakekwa ko abari inyuma y’uwo mugambi ari abahungiye muri Côte d’Ivoire.
22 April 2025 Yasuwe: 604 0

Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ubucuruzi wa Pakistan

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe uri muri Islamabad yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ubucuruzi wa Pakistan, Jam Kamal Khan.
22 April 2025 Yasuwe: 211 0

Trump yifuza ibiganiro na Xi-Jinping w’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yahagaritse inzira za diplomasi n’u Bushinwa, kugira ngo u Bushinwa buzabanze busabe inzira y’ibiganiro bigamije guhosha intambara y’ubucuruzi...
22 April 2025 Yasuwe: 288 0

Ingabo za Sudani y’Epfo zisubije Umujyi wa Nasir wari wafashwe na White Army

Ingabo z’igihugu cya Sudani y’Epfo (SSPDF) zongeye kwigarurira umujyi wa Nasir muri Leta ya Upper Nile, zari zaratakaje, nyuma y’imirwano ikaze n’Ingabo z’umutwe wiyise White Army, kuva muri Werurwe.
22 April 2025 Yasuwe: 491 0

Perezida wa Togo yatangiye uruzinduko mu Rwanda

Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, guhera kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, aho biteganyijwe ko azagirana ibiganiro na Perezida Paul Kagame.
21 April 2025 Yasuwe: 474 0

Ishyaka rya Joseph Kabila Kabange ryahakanye ibyo kuba ari i Goma

Ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryahakanye amakuru avuga ko ari mu mujyi wa Goma.
21 April 2025 Yasuwe: 947 0

Polisi yibukije ibigo bitwara abagenzi gufasha byihariye abanyeshuri basubira ku ishuri

Kuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangira gusubira ku bigo by’amashuri gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 mu turere dutandukanye tw’igihugu.
21 April 2025 Yasuwe: 506 0