Leta y’u Burundi iherutse kohereza mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe kugira ngo bahangane n’umutwe wa Twirwaneho uri mu ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe uri muri Islamabad yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ubucuruzi wa Pakistan, Jam Kamal Khan.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yahagaritse inzira za diplomasi n’u Bushinwa, kugira ngo u Bushinwa buzabanze busabe inzira y’ibiganiro bigamije guhosha intambara y’ubucuruzi...
Ingabo z’igihugu cya Sudani y’Epfo (SSPDF) zongeye kwigarurira umujyi wa Nasir muri Leta ya Upper Nile, zari zaratakaje, nyuma y’imirwano ikaze n’Ingabo z’umutwe wiyise White Army, kuva muri Werurwe.
Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, guhera kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, aho biteganyijwe ko azagirana ibiganiro na Perezida Paul Kagame.
Ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryahakanye amakuru avuga ko ari mu mujyi wa Goma.
Kuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangira gusubira ku bigo by’amashuri gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 mu turere dutandukanye tw’igihugu.