skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Rubavu: Umugabo n’umugore bafashwe bakekwaho kwiba imodoka

Umugabo w’imyaka 32 n’umugore we w’imyaka 29 bakoraga akazi ko mu rugo mu Karere ka Rubavu batawe muri yombi bakekwaho kwiba Imodoka y’uwari umukoresha wabo
25 April 2025 Yasuwe: 990 0

Inyeshyamba zo muri Centrafrique zemeye kurambika intwaro

Umutwe witwaje intwaro wa UPC na 3Rs yari igihangana n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Centrafrique, yemeye kurambika intwaro nyuma y’ibiganiro byabereye muri Tchad.
25 April 2025 Yasuwe: 663 0

Hashyizwe hanze imyambaro yamamaza Trump mu matora azaba mu 2028

Urubuga rucururizwaho rwa ‘Trump Organization’ rwatangiye gucuruza ingofero zanditseho ‘Trump 2028’, bihamya ibyo Donald Trump yavugaga ko ashobora kuziyamamariza manda ya gatatu mu 2028.
25 April 2025 Yasuwe: 280 0

Perezida wa Sena y’u Rwanda yaganiriye na Lourenço ku mutekano wa RDC

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François Xavier, na bagenzi be bo mu karere ka Afurika y’ibiyaga bigari, baganiriye na Perezida w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ku mutekano wo mu...
25 April 2025 Yasuwe: 302 0

Urubyiruko rusanga 2000 rwitabiriye Igihango cy’Urungano

Urubyiruko rusaga 2000 n’abayobozi mu nzego zinyuranye bahuriye mu Intare Conference Arena, ahagiye kubera Ihuriro Ngarukamwaka ry’Urubyiruko rizwi nk’Igihango cy’Urungano.
25 April 2025 Yasuwe: 273 0

Nyanza: Umugabo yishe umugore we amutemaguye na we yicwa n’ibikomere

Savakure Adenien w’imyaka 31 akekwaho kwica umugore we Mujawamariya Thaciana w’imyaka 34 amutemagurishije umuhoro, na we bikarangira yishwe n’igikomere bigaragara ko hari ikintu yagwiriye ahanganye...
25 April 2025 Yasuwe: 926 0

Amerika yataye muri yombi umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zataye muri yombi Umunyarwanda Nsabumukunzi Faustin w’imyaka 65, wari utuye muri Leta ya New York, akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
25 April 2025 Yasuwe: 402 0

Igitero cya ’drone’ za Ukraine cyasenye urusengero mu Burusiya

U Burusiya bwashinje igisirikare cya Ukraine kugaba igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) ku rusengero ruri mu Mujyi wa Belgorod, uri muri kilometero 40 uvuye ku mupaka uhuza ibihugu byombi.
25 April 2025 Yasuwe: 353 0

Uwari umutoni wa Perezida W’U Burundi yahunze

Umuyobozi wa Komisiyo yigenga ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu (CNIDH), Dr. Sixte-Vigny Nimuraba, yahunze u Burundi nyuma y’igihe kinini ari umutoni wa Perezida Evariste Ndayishimiye
25 April 2025 Yasuwe: 896 0

U Rwanda na RDC bigiye gusinyana amasezerano imbere ya Amerika

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, kuri uyu wa Gatanu arakurikirana isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi...
25 April 2025 Yasuwe: 843 0