Umugabo w’imyaka 32 n’umugore we w’imyaka 29 bakoraga akazi ko mu rugo mu Karere ka Rubavu batawe muri yombi bakekwaho kwiba Imodoka y’uwari umukoresha wabo
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François Xavier, na bagenzi be bo mu karere ka Afurika y’ibiyaga bigari, baganiriye na Perezida w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ku mutekano wo mu...
Savakure Adenien w’imyaka 31 akekwaho kwica umugore we Mujawamariya Thaciana w’imyaka 34 amutemagurishije umuhoro, na we bikarangira yishwe n’igikomere bigaragara ko hari ikintu yagwiriye ahanganye...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zataye muri yombi Umunyarwanda Nsabumukunzi Faustin w’imyaka 65, wari utuye muri Leta ya New York, akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
U Burusiya bwashinje igisirikare cya Ukraine kugaba igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) ku rusengero ruri mu Mujyi wa Belgorod, uri muri kilometero 40 uvuye ku mupaka uhuza ibihugu byombi.
Umuyobozi wa Komisiyo yigenga ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu (CNIDH), Dr. Sixte-Vigny Nimuraba, yahunze u Burundi nyuma y’igihe kinini ari umutoni wa Perezida Evariste Ndayishimiye
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, kuri uyu wa Gatanu arakurikirana isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi...