skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Corneille Nangaa wa AFC/M23 yagereranyije Tshisekedi na Yona wo muri Bibiliya

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yasanishije Perezida Félix Tshisekedi na Yona uvugwa muri Bibiliya, agaragaza ko...
30 April 2025 Yasuwe: 907 0

NISR, yagaragaje ibintu 10 byahitanye abaturarwanda mu 2024

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko abantu barenga ibihumbi 36 bapfuye mu 2024 bishwe n’ibintu bitandukanye birimo urusobe rw’indwara z’umutima, SIDA, stroke n’izindi.
30 April 2025 Yasuwe: 678 0

Muyaya yagaragaje impamvu Tshisekedi yavuye ku izima, akemera ibiganiro na M23

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagaragaje ko impinduka zagiye ziba ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cyabo ari zo zatumye...
30 April 2025 Yasuwe: 1201 0

Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda

Abashoramari barimo Bill Gates, batangije ikigega kirimo hafi miliyoni 500$, azakoreshwa mu kwita ku bagore babyara n’abana bavuka, hagamijwe gukumira ingaruka zishobora kugera muri uru rwego...
30 April 2025 Yasuwe: 565 0

Perezida wa Guinea-Conakry yasabye RDC n’u Rwanda guhitamo inzira y’amahoro

Mu ruzinduko rw’amasaha 48 i Kinshasa, Perezida wa Guinea-Bissau, Oumaro Sissoco, mu uruzinduko yagiriye i Kinshasa uri uyu wa 29 mata 2025 yashishikarije abakuru b’ibihugu bya DRC n’u Rwanda,...
30 April 2025 Yasuwe: 203 0

Perezida Trump yatangaje ko u Rwanda na RDC bigiye kubona amahoro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye kubona amahoro nyuma y’aho bigiranye amasezerano agena amahame...
28 April 2025 Yasuwe: 941 0

Bwa mbere Koreya ya Ruguru yemeye uruhare rwayo mu ntambara na Ukraine

Bwa mbere Koreya ya Ruguru yemeye ko ingabo zayo ziri mu Burusiya, aho ziri gufasha iki gihugu kiyobowe na Vladimir Putin gukura ingabo za Ukraine mu bice bya Kursk.
28 April 2025 Yasuwe: 333 0

Minisitiri Nduhungirehe yashimye Umujyi wo mu Bubiligi wanze kuvanga ‘Kwibuka31’ n’ibibazo bya politike

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimye abayobozi b’Umujyi wa Namur mu Bubiligi bifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu gihe abandi...
28 April 2025 Yasuwe: 509 0

Capt. Traoré wa Burkina Faso ari kugerwa amajanja nyuma y’amagambo y’Umujenerali wa Amerika

Captain Ibrahim Traoré uyobora Burkina Faso kuva muri Nzeri 2022 ubwo yakuraga ku butegetsi Lt Col. Paul-Henri Sandaogo Damiba, aherutse kwamagana ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bikomeje...
28 April 2025 Yasuwe: 1924 0

Hemejwe itariki Papa mushya azatorerwaho

Inama y’Abakaridinali izatorerwamo Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika uzasimbura Papa Francis, witabye Imana, yashyizwe ku wa 7 Gicurasi 2025.
28 April 2025 Yasuwe: 1544 0