skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

RIB yataye muri yombi abayobozi batatu bo mu kigo cy’igihugu gishinzwe Mine

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi batatu bakora mu rwego rushinzwe mine, peteroli na gas (RMB), bakekwaho ibyaha bine birimo ruswa.
26 April 2025 Yasuwe: 786 0

Santarafurika: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe

Umuryango w’Abibumbye wambitse imidali y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika buzwi ku izina rya MINUSCA yo kubashimira ubwitange...
26 April 2025 Yasuwe: 507 0

MINEDUC yibukije urubyiruko kwirinda amacakubiri rukarangwa n’ubwitange

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC yasabye urubyiruko rukiri mu mashuri n’urwayasoje gukomeza gusigasira ibyagezweho birinda amacakubiri bakagira umuco wo gukorera no kwitangira Igihugu kandi bakabikora...
26 April 2025 Yasuwe: 283 0

Trump yivuze imyato nyuma y’aho u Rwanda na RDC bigiranye amasezerano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yivuze imyato nyuma y’aho u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiranye amasezerano agena amahame y’ibanze mu gukemura mu...
26 April 2025 Yasuwe: 1720 0

Brig Gen Rwivanga yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa 25 Mata 2025 Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ku mbuga nkoranyambaga.
25 April 2025 Yasuwe: 428 0

Générale w’u Burusiya yaguye mu gitero i Moscow

Lt. Gen. Yaroslav Moskalik, wari mu basirikare bakuru mu Burusiya yaguye mu gitero cy’igisasu cyatezwe mu modoka ye.
25 April 2025 Yasuwe: 1155 0

Muhanga: Abaforomo babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba imiti

Polisi y’u Rwanda, ishami rikorera mu Majyepfo yatangaje ko yafashe abaforomo babiri bo mu Kigo Nderabuzima cya Gitega, ibakurikiranyeho kwiba icyuma gipima indwara n’imiti.
25 April 2025 Yasuwe: 859 0

Lt. Gen. Muhanga ahamya ko ADF itakiri ikibazo ku mutekano wa Uganda

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Kayanja Muhanga, yatangaje ko umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo utakiri ikibazo...
25 April 2025 Yasuwe: 451 0

Minisitiri Prévot w’u Bubiligi abona gukandagira mu Rwanda bitamushobokera

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, agiye kugirira uruzinduko mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari, ariko gukandagira mu Rwanda byo ngo ntibyamushobokera.
25 April 2025 Yasuwe: 1572 0

Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yibukije urubyiruko ko muri iyi minsi imbuga nkoranyambaga zabaye ikibuga cy’intambara aho ukuri kugorekwa nkana, asaba urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda bima...
25 April 2025 Yasuwe: 337 0