skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Rubavu: Hafashwe bane bakekwaho gukora no gukwirakwiza amadolari y’amiganano

Abagabo bane barimo umukongomani umwe, bafatanwe 4000 by’amadolari ya Amerika y’amiganano n’impapuro 850 bifashishaga mu kuyakora.
24 April 2025 Yasuwe: 454 0

Abasirikare 54 biciwe mu gitero cyagabwe n’intagondwa muri Bénin

Leta ya Bénin yatangaje ko abantu bikekwa ko ari intagondwa zigendera ku matwara akaze y’idini ya Islam ari bo bishe abasirikare 54 bari barinze parike y’igihugu, mu gitero gikomeye cyabaye mu...
24 April 2025 Yasuwe: 385 0

U Rwanda na KOICA byatangije umushinga wa miliyari 9,3 Frw uzafasha urubyiruko kubona akazi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yasinyanye amasezerano ya miliyoni 6,5$ (arenga miliyari 9,3 Frw) n’Ikigega cya Koreya y’Epfo gishinzwe Iterambere, KOICA, y’umushinga ugamije kongerera...
24 April 2025 Yasuwe: 262 0

Perezida Macron yifuza kugira uruhare mu biganiro byo kunga u Rwanda na RDC

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yifuza ko igihugu cye cyagira uruhare mu biganiro by’amahoro bigamije kugarura amahoro mu karere u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
24 April 2025 Yasuwe: 560 0

Trump yihanangirije Putin

Perezida Trump yibasiye mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, nyuma y’ibitero by’umusubirizo ku Murwa Mukuru wa Ukraine, Kyiv, avuga ko bitamushimishije bigomba guhita bihagarara.
24 April 2025 Yasuwe: 753 0

Ishyaka PPRD rya Kabila ryambuwe ikibanza cyubatsemo icyicaro cyaryo

Minisiteri y’Ubutabera ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko urukiko rwambuye ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange ikibanza cyubatsemo icyicaro gikuru cyaryo i Kinshasa.
24 April 2025 Yasuwe: 579 0

Mutesi Scovia yatabarije Itangazamakuru imbere y’Abadepite

Umuyobozi w’Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), Mutesi Scovia yasabye Abadepite gukorera ubuvugizi itangazamakuru rigahabwa inkunga mu buryo bw’amikoro ku buryo ryoroherwa no gukora kinyamwuga.
24 April 2025 Yasuwe: 671 0

U Bushinwa bwasubije Amerika indege bwari buherutse kugurayo

U Bushinwa bwasubije indege ebyiri bwari buherutse gutumiza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kwihimura kubera imisoro ihanitse Trump akomeje gushyiriraho ibicuruzwa biva muri icyo...
24 April 2025 Yasuwe: 735 0

Michelle Obama yahishuye icyatumye atitabira umuhango w’irahira rya Trump

Umugore wa Barack Obama, Michelle Obama, yakomoje ku mpamvu yatumye atitabira umuhango w’irahira rya Donald Trump, abeshyuza abavuze ko byatewe n’uko atabanye neza n’umugabo we.
24 April 2025 Yasuwe: 568 0

Nimero imwe y’umuti wa Asprine Vitamin C yahagaritswe mu Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, ku wa 23 Mata 2025 cyahagaritse nimero B6224 y’umuti wa Asprine Vitamin C 330mg/200mg ukorwa n’uruganda UPSA rwo...
24 April 2025 Yasuwe: 316 0