Leta ya Bénin yatangaje ko abantu bikekwa ko ari intagondwa zigendera ku matwara akaze y’idini ya Islam ari bo bishe abasirikare 54 bari barinze parike y’igihugu, mu gitero gikomeye cyabaye mu...
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yifuza ko igihugu cye cyagira uruhare mu biganiro by’amahoro bigamije kugarura amahoro mu karere u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Perezida Trump yibasiye mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, nyuma y’ibitero by’umusubirizo ku Murwa Mukuru wa Ukraine, Kyiv, avuga ko bitamushimishije bigomba guhita bihagarara.
Minisiteri y’Ubutabera ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko urukiko rwambuye ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange ikibanza cyubatsemo icyicaro gikuru cyaryo i Kinshasa.