Itariki ya 21 Mata by’umwihariko iyo mu 1994 ni imwe mu zizakomeza kwibukwa mu mateka kuko ari wo munsi Loni yafashe umwanzuro uteye isoni wo kugabanya ingabo zayo zari mu butumwa bwo kubungabunga...
Nta gushidikanya ko Papa Fransisiko witabye Imana kuri uyu wa 21 Mata 2025, ari we mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wabaniye u Rwanda mu buryo budasanzwe mu myaka 31 ishize.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 mata 2025 ingabo z’u Burusiya zasubukuye imirwano muri Ukraine nyuma y’agahenge ka Pasika katangajwe na Perezida Vladimir Putin nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru...
Leta ya Israel irimo gutegura kugaba ibitero ku bigo bikora intwaro za nucléairemuri Iran, umugambi idahuriyeho na Amerika kuko Perezida Donald Trump ashyigikiye inzira y’amahoro.