skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Tariki ya 21 mata 1994 Umunsi Umuryango w’Abibumye wanzuye kugabanya ingabo zawo mu Rwanda Jenoside irimbanyije

Itariki ya 21 Mata by’umwihariko iyo mu 1994 ni imwe mu zizakomeza kwibukwa mu mateka kuko ari wo munsi Loni yafashe umwanzuro uteye isoni wo kugabanya ingabo zayo zari mu butumwa bwo kubungabunga...
21 April 2025 Yasuwe: 353 0

Papa Francis yunze u Rwanda na Kiliziya Gatolika

Nta gushidikanya ko Papa Fransisiko witabye Imana kuri uyu wa 21 Mata 2025, ari we mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wabaniye u Rwanda mu buryo budasanzwe mu myaka 31 ishize.
21 April 2025 Yasuwe: 385 0

U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

Kuri uyu wa 21 Mata 2025 U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’amahugurwa mu bya Dipolomasi
21 April 2025 Yasuwe: 482 0

U Burusiya bwasubukuye ibitero kuri Ukraine

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 mata 2025 ingabo z’u Burusiya zasubukuye imirwano muri Ukraine nyuma y’agahenge ka Pasika katangajwe na Perezida Vladimir Putin nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru...
21 April 2025 Yasuwe: 518 0

Israel yahagaritse Visa z’Abadepite b’Abafaransa bashyigikiye Palestine

Guverinoma ya Israel yahagaritse Visa z’Abadepite b’Abafaransa bashyigikiye ko habaho Leta ya Palestine.
21 April 2025 Yasuwe: 221 0

Choplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside

Choplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko ruyikorera n’urundi rutandukanye amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo hirindwe ko ibyabaye mu Rwanda hari ahandi byaba.
21 April 2025 Yasuwe: 250 0

Ibigo bya SAMIDRC i Goma byasanzwemo abasirikare ba RDC na Wazalendo

Mu bigo by’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), hasanzwe abasirikare ba RDC n’abo muri Wazalendo, ibintu...
20 April 2025 Yasuwe: 2236 0

Israel iri mu mugambi wo kugaba ibitero kuri Iran

Leta ya Israel irimo gutegura kugaba ibitero ku bigo bikora intwaro za nucléairemuri Iran, umugambi idahuriyeho na Amerika kuko Perezida Donald Trump ashyigikiye inzira y’amahoro.
20 April 2025 Yasuwe: 364 0

U Buholandi bugiye gufunga Ambasade yabwo i Burundi

Guverinoma y’u Buholandi yatangaje ko igiye gufunga Ambasade zayo mu bihugu bitandukanye birimo n’u Burundi, mu rwego rwo kugabanya ingengo y’imari iki gihugu gikoresha.
20 April 2025 Yasuwe: 718 0

Nyamasheke: Umusore kurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka ine

Umusore w’imyaka 18 wo mu Murenge wa Karambi mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi, aho akekwaho gusambanya umwana w’umuturanyi w’imyaka ine.
20 April 2025 Yasuwe: 584 0