Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gukurikirana Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’iki gihugu, aho ashinjwa kugambanira igihugu binyuze mu gushyigikira Umutwe wa M23.
Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahagaritse by’agateganyo ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo cy’ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira baturutse muri...
Umuyobozi w’umutwe wa Hamas muri Gaza, Khalil Al-Hayya, yatangaje ko nta masezerano y’agahenge y’iminsi mike bazongera kugirana na Israel, ahubwo bashaka kugirana ibiganiro ku masezerano yo...
Abanyeshuri b’abanyamahanga biga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahangayikishijwe n’imibereho yabo muri iki gihugu nyuma yuko iki gihugu gitangiye kwirukana, gufunga no kwaka Visa abanyeshuri...
Kuri uyu wa 18 mata 2025 Abakiristu basengera muri Kiliziya Gatolika, bemera ko umusaraba ari wo Yezu yabacunguje agatsinda Shitani n’urupfu, bakoze inzira y’umusaraba, barawuramya kandi batura...