skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Meya wa Nyamagabe ntiyatunguwe no kuba Akarere ayobora gakennye kurusha utundi

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yavuze ko batatunguwe n’igipimo cy’ubukene buri mu karere ayoboye, kuko mu myaka yari yabanje hari ibarura bakoze babona ibipimo bijya...
17 April 2025 Yasuwe: 701 0

Qatar yiyemeje kuba umuhuza mu kibazo cya Ukraine n’u Burusiya

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Qatar, Majed Mohammed Al-Ansari, yatangaje ko igihugu cye kiri gukora ibishoboka byose ngo amakimbirane ari hagati ya Ukraine n’u Burusiya...
17 April 2025 Yasuwe: 242 0

Elon Musk yahonze umugore miliyoni 15$ ngo atazagaragaza ko babyaranye

Ashley St.Clair uherutse kubyara umwana wa 14 wa Elon Musk, yatangaje ko uyu munyemari yamuhaye miliyoni 15$ ngo abigire ibanga, undi arayanga mu rwego rwo kurengera umwana wabo.
17 April 2025 Yasuwe: 337 0

Trump yateye utwatsi ibitero simusiga Israel yiteguraga kugaba kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyifuzo cya Israel cyo kugaba ibitero ku nganda za nucléaire za Iran igamije kuyica intege mu bikorwa byo gucura intwaro za kirimbuzi.
17 April 2025 Yasuwe: 341 0

Abasirikare ba RDC bakomeje gusaka urugo rwa Kabila

Abasirikare bo mu rwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza (Ex-DEMIAP) bakomeje gusaka urugo n’indi mitungo bya Joseph Kabila Kabange wayoboye iki gihugu.
17 April 2025 Yasuwe: 470 0

Amerika ishobora kugabanya inkunga yahaga Loni na OTAN

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri gusuzuma umushinga wo guhagarika inkunga hafi ya zose yageneraga imiryango mpuzamahanga irimo Umuryango w’Abibumbye (Loni) n’Umuryango wo gutabarana OTAN.
17 April 2025 Yasuwe: 252 0

Depite Kazarwa yashimye uruhare rw’Abanyarwanda baba mu mahanga

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gerturde, yashimye uruhare Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeza kugaragaza mu iterambere ry’Igihugu.
17 April 2025 Yasuwe: 188 0

Gen Maj. Nzambe wari ufungiwe guhunga urugamba rw’i Goma yapfuye

Gen Maj. Alengbia Nyitetessya Nzambe Dieu Gentil wari mu bofisiye bakuru mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bafunzwe bazira guhunga umutwe witwaje intwaro wa M23, yapfuye.
17 April 2025 Yasuwe: 673 0

Imiryango igera kuri 800 imaze kwimurwa na MINEMA

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko mu buryo bwo guhangana n’ibiza bishobora kwangiza byinshi muri ibi bihe bamaze, kwimura imiryango 800 yari ituye mu manegeka ubu ikaba iri...
17 April 2025 Yasuwe: 193 0

Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC

Umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe zizaba zitashye.
17 April 2025 Yasuwe: 451 0