Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yavuze ko batatunguwe n’igipimo cy’ubukene buri mu karere ayoboye, kuko mu myaka yari yabanje hari ibarura bakoze babona ibipimo bijya...
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Qatar, Majed Mohammed Al-Ansari, yatangaje ko igihugu cye kiri gukora ibishoboka byose ngo amakimbirane ari hagati ya Ukraine n’u Burusiya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyifuzo cya Israel cyo kugaba ibitero ku nganda za nucléaire za Iran igamije kuyica intege mu bikorwa byo gucura intwaro za kirimbuzi.
Abasirikare bo mu rwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza (Ex-DEMIAP) bakomeje gusaka urugo n’indi mitungo bya Joseph Kabila Kabange wayoboye iki gihugu.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri gusuzuma umushinga wo guhagarika inkunga hafi ya zose yageneraga imiryango mpuzamahanga irimo Umuryango w’Abibumbye (Loni) n’Umuryango wo gutabarana OTAN.
Gen Maj. Alengbia Nyitetessya Nzambe Dieu Gentil wari mu bofisiye bakuru mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bafunzwe bazira guhunga umutwe witwaje intwaro wa M23, yapfuye.
Umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe zizaba zitashye.