Umuryango w’Abibumbye uvuga ko ibitero biheruka kugabwa mu cyumweru gishize byagizwemo uruhare n’umutwe wa RSF mu Mujyi i Darfur muri Sudani byahitanye abarenga 400.
Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya kuva mu 2022 kugeza ubwo yeguzwaga mu Ukwakira 2024 aratabaza nyuma y’aho yambuwe abamurindiraga umutekano.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buri kwimura abaturage batuye mu manegeka, by’umwihariko haherewe ku bakomeje kugirwaho ingaruka n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, yavuze ko bikigoranye cyane kumvikana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku ngingo z’ingenzi z’amasezerano y’amahoro yo guhagarika...
Kiliziya Gatolika yo mu Rwanda n’iyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziyemeje gukomeza ubufatanye mu bihe ibihugu byombi bifitanye amakimbirane ashingiye ku mpamvu z’umutekano.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia Field Marshal Birhanu Jula, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine, rwatangiye ku Cyumweru tariki ya 13 rukazageza ku ya 16 Mata 2025.