skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Abaturage ba Malawi barataka ubukene nyuma y’igabanyuka ry’inkunga z’amahanga

Abaturage bo muri Malawi barataka inzara n’ubukene nyuma yo kugabanyuka kw’inkunga z’amahanga, ibyatumye bamwe muri bo bakora ubutaruhuka kugira ngo babone amaramuko.
15 April 2025 Yasuwe: 349 0

Muri Sudani abasivili barenga 400 baguye mu bitero bya RSF

Umuryango w’Abibumbye uvuga ko ibitero biheruka kugabwa mu cyumweru gishize byagizwemo uruhare n’umutwe wa RSF mu Mujyi i Darfur muri Sudani byahitanye abarenga 400.
15 April 2025 Yasuwe: 214 0

Mu karere ka Kicukiro Polisi yataye muri yombi abagabo 4 bakekwaho gukomeretsa Umumotari bakanambura umugenzi yari atwaye

Abagabo bane batawe muri yombi bakurikiranyweho gutega umumotari bakambura umugenzi atwaye amafaranga y’u Rwanda 500.000 Frw na telefoni maze bakanakomeretsa uwo mu motari.
15 April 2025 Yasuwe: 711 0

Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya aratabaza nyuma yo kwamburwa abamurinda

Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya kuva mu 2022 kugeza ubwo yeguzwaga mu Ukwakira 2024 aratabaza nyuma y’aho yambuwe abamurindiraga umutekano.
15 April 2025 Yasuwe: 364 0

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko abatuye mu manegeka bari kwimurwa kubera imvura

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buri kwimura abaturage batuye mu manegeka, by’umwihariko haherewe ku bakomeje kugirwaho ingaruka n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu.
15 April 2025 Yasuwe: 462 0

Uburusiya na Amerika byananiwe kumvikana kuguhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, yavuze ko bikigoranye cyane kumvikana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku ngingo z’ingenzi z’amasezerano y’amahoro yo guhagarika...
15 April 2025 Yasuwe: 346 0

Kiliziya Gatolika yo mu Rwanda n’iyo muri RDC ziyemeje gukomeza ubufatanye mu bihe by’amakimbirane

Kiliziya Gatolika yo mu Rwanda n’iyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziyemeje gukomeza ubufatanye mu bihe ibihugu byombi bifitanye amakimbirane ashingiye ku mpamvu z’umutekano.
15 April 2025 Yasuwe: 187 0

Trump yavuze ko ashinja Zelensky gutangiza intambara nyuma y’igitero gikomeye cyagabwe n’Uburusiya

Perezida w’Amerika Donald Trump yashinje Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky gutangiza intambara igihugu cye kirwanamo n’Uburusiya, nyuma igitero gikomeye cy’Uburusiya cyishe abantu bagera kuri...
15 April 2025 Yasuwe: 260 0

Umugabo Mukuru w’Ingabo za Ethiopia ari mu ruzinduko rw’iminsi 4 mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia Field Marshal Birhanu Jula, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine, rwatangiye ku Cyumweru tariki ya 13 rukazageza ku ya 16 Mata 2025.
14 April 2025 Yasuwe: 662 0

Intara zo muri DRC zasabiwe ubwigenge bwo kwicungira umutungo

Umuyobozi w’Ibiro bya Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Olivier Kamitatu, yasabye ko intara zo muri iki gihugu zihabwa ubwigenge bwo kwicungira...
14 April 2025 Yasuwe: 1161 0