Abasirikare bo mu rwego rw’ubutasi rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basatse rumwe mu ngo za Joseph Kabila wabaye Perezida w’iki gihugu, ruherereye mu mujyi wa Kinshasa.
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Mata 2025, abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce 4 two muri teritwari za Kalehe na Kabare (Kivu y’Amajyepfo), nyuma y’imirwano ikaze n’abarwanyi ba...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 647 z’amadolari ya Amerika ni ukuvuga hafi miliyari 1 000 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka ushize wa...
Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump burateganya gufunga za Ambasade na consulat za Amerika mu bihugu hafi 30, mu rugendo rw’amavugurura ari gukorwa mu bijyanye na dipolomasi.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Mata 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye ubutumwa yohererejwe na Perezida wa Senegal Bassirou Diomaye Faye, bamaze...
Peter Fahrenholtz wabaye Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda kuva mu 2012 kugeza mu 2016, yavuze ko mu Mujyi wa Goma uri mu Burasirazuba wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, muri Teritwari...