Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko kuva ku wa 1 Mata kugeza ku wa 16 Mata 2025, abantu 52 bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye Visa abanyeshuri ba kaminuza zitandukanye 1489 kuva tariki ya 20 Mutarama ubwo Perezida Donald Trump yasubiraga ku butegetsi kugeza ku ya 17 Mata 2025.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zishobora kureka kuba umuhuza mu biganiro by’amahoro hagati y’u Burusiya na Ukraine mu gihe umusaruro wakomeza kubura hagati y’impande zihanganye.
Umutoni Fracoise w’imyaka 37 yasize amarira n’imiborogo mu banana be n’abaturanyi b’umuryango we bazindukiye ku nkuru y’inshamugongo, aho bikekwa ko yivuganye umugabo we witwa Hagenimana Innocent...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yateguje ko muri iki gihugu hagiye kuba ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryaherukaga mu myaka 41...
Ibitero by’indege byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku cyambu cya Ras Isa muri Yemen bimaze guhitana abantu 58 abandi 126 barakomereka, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru by’ishami...