skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburiwe irengero

Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka CHADEMA, Tundu Lissu, yaburiwe irengero nyuma y’uko avanywe muri gereza yari afungiyemo i Dar es Salaam akekwaho ibyaha by’ubugambanyi.
18 April 2025 Yasuwe: 425 0

U Burusiya bwagabye ibitero ku ruganda rw’intwaro muri Ukraine

Ingabo z’u Burusiya, yagabye ibitero simusiga ku ruganda rutunganya indege nto zitagira abapilote n’ibikorwa remezo byifashishwa ku kibuga cy’indege za gisirikare muri Ukraine.
18 April 2025 Yasuwe: 515 0

Joseph Kabila yageze i Goma

Joseph Kabila wahoze ayobora RDC, yageze mu Mujyi wa Goma nyuma y’iminsi mike atangaje ko agiye gutaha anyuze mu Burasirazuba bw’igihugu.
18 April 2025 Yasuwe: 2581 0

Mu Rwanda abantu 52 bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko kuva ku wa 1 Mata kugeza ku wa 16 Mata 2025, abantu 52 bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye...
18 April 2025 Yasuwe: 412 0

Amerika yambuye Visa abanyeshuri bakabakaba 1500 kuva Trump yasubira ku butegetsi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye Visa abanyeshuri ba kaminuza zitandukanye 1489 kuva tariki ya 20 Mutarama ubwo Perezida Donald Trump yasubiraga ku butegetsi kugeza ku ya 17 Mata 2025.
18 April 2025 Yasuwe: 308 0

Amerika yatangaje ko yaba igiye kureka kuba umuhuza wa Ukraine n’u Burusiya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zishobora kureka kuba umuhuza mu biganiro by’amahoro hagati y’u Burusiya na Ukraine mu gihe umusaruro wakomeza kubura hagati y’impande zihanganye.
18 April 2025 Yasuwe: 363 0

Hari amafaranga yavuye mu Bukerarugendo yasaranganyijwe imishinga 105 y’abaturiye parike z’igihugu

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 3,2 Frw mu yavuye mu bukerarugendo, yateye inkunga imishinga 105 y’abaturiye parike mu 2024.
18 April 2025 Yasuwe: 238 0

Mu Karere ka Musanze umugore arakekwaho kwica umugabo we nawe agahita yiyahura

Umutoni Fracoise w’imyaka 37 yasize amarira n’imiborogo mu banana be n’abaturanyi b’umuryango we bazindukiye ku nkuru y’inshamugongo, aho bikekwa ko yivuganye umugabo we witwa Hagenimana Innocent...
18 April 2025 Yasuwe: 1419 0

Muri RDC hagiye gukorwa ibarura ry’abaturage

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yateguje ko muri iki gihugu hagiye kuba ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryaherukaga mu myaka 41...
18 April 2025 Yasuwe: 787 0

Abagera kuri 58 bamaze guhitanwa n’ibitero Amerika yagabye muri Yemen

Ibitero by’indege byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku cyambu cya Ras Isa muri Yemen bimaze guhitana abantu 58 abandi 126 barakomereka, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru by’ishami...
18 April 2025 Yasuwe: 416 0