Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ikigo Apple gukorera telefone za iPhone muri iki gihugu cyangwa se zigashyirirwaho umusoro wa...
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, White House, byatse kaminuza ya Havard uburenganzira bwo kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga kubera kwanga gukaza ingamba ku...
Leta y’u Bufaransa yateye utwatsi ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Gideon Saar, wavuze ko ibihugu by’i Burayi biri kwenyegeza urwango ndetse n’ubugizi bwa nabi ku gihugu...
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ateganya kugeza ijambo ku Banye-Congo mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2025 nyuma yo...
Senateri Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, yagaragaje ko Perezida Paul Kagame yashatse kwiyunga na Pierre Nkurunziza wayoboraga u Burundi, ariko...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Cheick Camara, Visi Perezida akaba n’Umuyobozi w’Ishami rya Afurika mu Kigo cy’Abanyamerika, Service Now, gitanga serivisi...