Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka mu mpande zombi...
Minisitiri w’Ingabo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Mudiamvita, yemeye ko Leta ari yo yatumye abasirikare bayo batsindwa n’ihuriro AFC/M23.
Ku mugoroba wo ku wa 8 Mata 2025, Ingabo z’u Rwanda ziri muri Repubulika ya Centrafrique (CAR) mu butumwa bw’amahoro, bw’ubufatanye bw’ibihugu byombi, hamwe n’ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango...
Kuri uyu wa 09 mata 2025 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yakiriye mu biro bye Ambasaderi Michael Ian Upton uhagarariye New Zealand mu Rwanda.
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana.
Tariki ya 09 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe...