Leta ya Hongrie yatangaje ko igiye kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nyuma y’aho Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, agiriye uruzinduko rw’akazi i Budapest ku wa 3 Mata 2025.
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byahakanye amakuru avuga ko umuherwe Elon Musk azahagarikwa vuba ku mirimo yihariye yahawe na Donald Trump.
Mu gihe abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri,Minisitiri w’uburezi Nsengimana Joseph yasabye ababyeyi kwita ku bana kandi bakajya bagira umwanya...
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu bushakashatsi yakoze ku bantu bibasiwe n’ibiza mu kwezi kwa Werurwe 2025, byagaragaye ko inkuba ari zo ziza imbere mu biza byatwaye...
kuwa 01 mata 2025 Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Perezida Dr. William Samoei Ruto, yaganirije abahuza bashya b’ibiganiro by’amahoro bya Luanda-Nairobi mbere y’uko...
Kuva kuwa 30 werurwe 2025 kugeza kuwa 01 mata 2025 muri Diyosezi gatolika ya Kibungo hateraniye inama y’abepisikopi b’u Rwanda nab’u Burundi bibumbiye mu ihuriro ACOREB,basaba u Rwanda n’u Burundi...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko ingabo z’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) zizava muri iki gihugu mu gihe...