skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Perezida Kagame yakiriye Bogdan-Martin wa ITU nk’intumwa ya Loni mu by’ikoranabuhanga

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro Muzamahanga ry’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) Doreen Bogdan-Martin, bagaruka ku gushaka ibisubizo biganisha ku...
3 April 2025 Yasuwe: 266 0

Igihugu cya Hongrie cyatangaje ko giteganya kuva muri ICC

Leta ya Hongrie yatangaje ko igiye kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nyuma y’aho Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, agiriye uruzinduko rw’akazi i Budapest ku wa 3 Mata 2025.
3 April 2025 Yasuwe: 256 0

Ibiro bya perezida wa America byahakanye ibyo guhagarika Elon Musk ku mirimo ashinzwe

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byahakanye amakuru avuga ko umuherwe Elon Musk azahagarikwa vuba ku mirimo yihariye yahawe na Donald Trump.
3 April 2025 Yasuwe: 258 0

Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko

Mu gihe abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri,Minisitiri w’uburezi Nsengimana Joseph yasabye ababyeyi kwita ku bana kandi bakajya bagira umwanya...
3 April 2025 Yasuwe: 658 0

Minisitiri wa MINEMA yatangaje ko inkuba ziri ku mwanya wa mbere mu biza byahitanye benshi muri werurwe

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu bushakashatsi yakoze ku bantu bibasiwe n’ibiza mu kwezi kwa Werurwe 2025, byagaragaye ko inkuba ari zo ziza imbere mu biza byatwaye...
2 April 2025 Yasuwe: 312 0

Perezida Dr. William Ruto yagiranye ikiganiro n’abahuza bashya b’ibiganiro by’amahoro bya Luanda-Nairobi

kuwa 01 mata 2025 Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Perezida Dr. William Samoei Ruto, yaganirije abahuza bashya b’ibiganiro by’amahoro bya Luanda-Nairobi mbere y’uko...
2 April 2025 Yasuwe: 395 0

Perezida Putin agiye kwinjiza mu gisirikare abarenga ibihumbi 160

Igisirikare cy’u Burusiya kigiye kwinjiza abantu ibihumbi 160 mu gisirikare mu rwego rwo kucyongerera imbaraga, uyu ukaba ari wo mubare munini ugiye kwinjizwa mu gihembwe cya mbere cy’umwaka, kuko...
2 April 2025 Yasuwe: 384 0

Abepisikopi Gatolika basabye u Rwanda n’u Burundi gufungura imipika

Kuva kuwa 30 werurwe 2025 kugeza kuwa 01 mata 2025 muri Diyosezi gatolika ya Kibungo hateraniye inama y’abepisikopi b’u Rwanda nab’u Burundi bibumbiye mu ihuriro ACOREB,basaba u Rwanda n’u Burundi...
2 April 2025 Yasuwe: 797 0

Umuvugizi wa Guverinoma ya Kongo yatangaje ko bizeye ko ingabo za SADC zizataha abarwanyi ba AFC/M23 baravuye i Goma

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko ingabo z’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) zizava muri iki gihugu mu gihe...
1 April 2025 Yasuwe: 974 0

Yolande Makolo yasubije perezida Tshisekedi washinjije u Rwanda impfu z’abanye-kongo barenga miliyoni

kuwa 31 werurwe 2025 Perezida Félix Tshisekedi wa RDC washinjije “ibihugu by’abaturanyi birimo u Rwanda” n’imitwe yitwaje intwaro uruhare mu mpfu z’Abanye-Kongo “barenga miliyoni” kandi ngo ubu...
1 April 2025 Yasuwe: 881 0