Prof. Marc Bossuyt wayoboye Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bubiligi akaba n’umwarimu w’amategeko mpuzamahanga muri Kaminuza ya Antwerp, yanenze uko Guverinoma y’igihugu cyabo ikomeje kwitwara ku Rwanda.
kuri uyu wa 23 werurwe 2025 abatuye mu mujyi wa Walikale batangaje ko abarwanyi bo mu ihuriro AFC/M23 bakigaragara mu mujyi wa Walikale nyamara bari batangaje ko bakuye abarwanyi babo muri uwo...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,ryatangaje ko ryavuye mu mujyi wa Walikale no mu bice biwukikije,mu ntara ya kivu y’amajyaruguru.
kuri uyu wa 21 werurwe 2025 muri village urugwiro perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye umudepite wa kongere ya leta zunze ubumwe za Amerika,Dr.Ronny Jackson bagirana ibiganiro