skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Kongo havutse umutwe mushya wa gisirikare uzajya ukorera Ituri

Thomas Lubanga,umwe mu bagabo bavuzwe cyane mu bibazo bya DRC mu myaka ishize,yashinze umutwe wa gisirikare ugiye gukorera mu burasirazuba bwa Kongo mu ntara ya Ituri
1 April 2025 Yasuwe: 775 0

Umunyapolitiki Marine Le Pen yambuwe uburenganzira bwo kugira umwanya yiyamamariza mu gihe cy’imyaka itanu

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, Marine Le Pen, yahamijwe n’urukiko gufungwa imyaka ine ndetse no kwamburwa uburenganzira bwo kwiyamamariza ubutegetsi mu gihe cy’imyaka...
31 March 2025 Yasuwe: 532 0

Leta ya Myanmar yatangaje ko abarenga 2000 bamaze kwicwa n’umutingito

Guverinoma ya Myanmar yatangaje ko abarenga 2,056 bamaze guhitanwa n’umutingito wibasiye icyo gihugu mu gihe abandi 3900 bakomeretse bikomeye.
31 March 2025 Yasuwe: 234 0

Komiseri w’amagereza wa Seychelles yasuye RCS basinyana amasezerano y’imikoranire

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, n’Urwego rw’Amagereza mu gihugu cya Seychelles basinyanye amasezerano agamije imikoranire; amahugurwa, ubushakashatsi, kuzamura imikorere y’amagororero...
31 March 2025 Yasuwe: 619 0

Ibiganiro bya Luanda-Nairobi bigiye gitangira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Amon Murwira, yatangaje ko imyiteguro yo gutangiza ibiganiro bya Luanda-Nairobi irimbanyije.
31 March 2025 Yasuwe: 651 0

Sen Uwizeyimana Evode yanenze Kongo kugura intwaro zikomeye ikibagirwa Abasirikare

Senateri Evode Uwizeyimana yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize imbaraga mu kugura intwaro ziremereye, ntiyite ku kubaka igisirikare gikomeye, bituma aho abarwanyi ba...
31 March 2025 Yasuwe: 737 0

Cap. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry yahawe imbabazi na Perezida Doumbouya

enerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine Moussa Dadis Camara, wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu hagati y’umwaka wa 2008-2009 wari umaze...
29 March 2025 Yasuwe: 892 0

SADC igiye gusaba leta ya Congo guhagarika ibitero igaba kuri AFC/M23

Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) wasezeranyije ihuriro AFC/M23 ko ugiye gusaba ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika ibitero.
29 March 2025 Yasuwe: 1470 0

Corneille Nangaa yasobanuye inkomoko y’izina AFC

Tariki ya 15 Ukuboza 2023, nibwo Corneille Nangaa wabaye Perezida wa Komisiyo y’amatora ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashinze ihuriro ry’Uruzi rwa Congo, AFC (Alliance Fleuve Congo)...
29 March 2025 Yasuwe: 1117 0

Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

kuri uyu wa 28 werurwe 2025 urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Bigirimana Noella wahoze ari umuyobozi mukuru wungirije wa RBC afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
28 March 2025 Yasuwe: 1317 0