skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Umutwe wa RED Tabara wanyomoje Peresida w’uburundi washinjije u Rwanda kuwufasha

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi kuva mu 2015, wanyomoje Perezida Evariste Ndayishimiye washinje u Rwanda kuwufasha kugira ngo utere igihugu cyabo.
26 March 2025 Yasuwe: 500 0

RDC yasabye Afurika y’Epfo ubufasha bwo gutoza ingabo zayo

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Afurika y’Epfo gutoza imitwe y’ingabo itandukanye mu rwego rwo kuzongerera ubushobozi mu gihe umutekano wo mu ntara ya Kivu...
26 March 2025 Yasuwe: 847 0

Umudepite wa Amerika uherutse mu Karere yagaragaje ko RDC igomba gukemura ikibazo cya M23

Perezida wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe Ubutasi n’Ibikorwa byihariye by’Igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Repubulika...
26 March 2025 Yasuwe: 362 0

Uwayo Theo wari ushinzwe imari muri RBC yafunzwe by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Uwayo Theo Principe wari ushinzwe imari muri RBC, afungwa by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha birimo icyo gutanga amasoko mu...
25 March 2025 Yasuwe: 1260 0

Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gutegeka ko Bigirimana Noella wahoze ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC afungwa iminsi 30 y’agateganyo, kubera impamvu zikomeye zituma...
25 March 2025 Yasuwe: 2905 0

RIB yerekanye abantu 3 bamaze kuriganya abantu arenga Frw miliyoni 70 babizeza kubashakira akazi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze uwitwa Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari bo Beneyo Jean Norbert na Iradukunda Aliane, bakaba bakurikiranweho gushakira...
25 March 2025 Yasuwe: 466 0

NESA yatangaje ko abanyeshuri bose bazakora ibizamini bya leta uyu mwaka bamaze kwiyandikisha

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko nta gihe cy’inyongera kizagenera abanyeshuri biyandikisha gukora ibizamini bya Leta bisoza uyu mwaka w’amashuri,...
25 March 2025 Yasuwe: 1275 0

peresida w’u Burundi yavuze ko kuba AFC/M23 ikomeza gufata ibice bitandukanye bidakwiye kubazwa Ingabo z’igihugu cye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko kuba abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bakomeje gufata ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
25 March 2025 Yasuwe: 978 0

U Rwanda rwatangajwe n’amagambo yavuzwe na Perezida Ndayishimiye

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo,u Rwanda rwatangajwe n’imvugo ya Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, wavuze ko u Rwanda rushaka gutera u Burundi runyuze muri Repubulika...
25 March 2025 Yasuwe: 1258 0

Koreya y’Epfo: Urukiko rwagaruye Minisitiri w’Intebe ku butegetsi

Urukiko rwa Koreya y’Epfo rwanze ko Minisitiri w’Intebe Han Duck-soo ava ku butegetsi rumugarura ku buyobozi nka Perezida w’agateganyo w’icyo gihugu.
24 March 2025 Yasuwe: 469 0