Kuri uyu wa 28 werurwe 2025 muri Village Urugwiro perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro y’umunyamabanga mukuru w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB,Col Pacifique...
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yateguje ko u Burusiya buzamara abasirikare ba Ukraine mu gihe ibiganiro by’amahoro biyobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitagira icyo bigeraho.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner,kuri uyu wa 27 werurwe 2025 yagiriye uruzinduko muri Afurika y’Epfo nyuma yo kuva mu bihugu...
Kuri uyu wa 27 werurwe 2025 mu mujyi wa Walikale,ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo FARDC zarashe Amabombe ku ndege y’abasivili yari ku kibuga cy’indege cya Kigoma,bacyeka ko ari...
kuri uyu wa 27 werurwe,Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe ari i new York muri leta zunze ubumwe za Amerika, aho biteganyijwe ko ku isaha ya saa kumi z’umugoroba za...
Abadepite bagize Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ishinzwe Ububanyi n’Amahanga, basabye ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buhagarika...
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanyomoje ibiro bya Perezida Félix Tshisekedi byatangaje ko byakiriye intumwa yihariye ya Donald Trump.