skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Perezida Paul Kagame yavuze ko RIB yateye intambwe igaragara mu kugenza ibyaha

Kuri uyu wa 28 werurwe 2025 muri Village Urugwiro perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro y’umunyamabanga mukuru w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB,Col Pacifique...
28 March 2025 Yasuwe: 451 0

U Burusiya bwigambye kuzamara abasirikare ba Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yateguje ko u Burusiya buzamara abasirikare ba Ukraine mu gihe ibiganiro by’amahoro biyobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitagira icyo bigeraho.
28 March 2025 Yasuwe: 713 0

Abahagarariye AFC/M23 bagiye muri Qatar

Abahagarariye ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bagiye i Doha muri Qatar.
28 March 2025 Yasuwe: 1780 0

AFC/M23 yatangiye gutegura ibisasu biri mu kibuga cy’indege cya Goma

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangiye gutegura ibisasu biteze mu kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma.
28 March 2025 Yasuwe: 810 0

Minisitiri Kayikwamba wa DRC yashimye ubufasha Afurika y’Epfo yahaye igihugu cye binyuze mu butumwa bwa SADC.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner,kuri uyu wa 27 werurwe 2025 yagiriye uruzinduko muri Afurika y’Epfo nyuma yo kuva mu bihugu...
27 March 2025 Yasuwe: 617 0

Ibihugu byo muri EAC bikomeje kongera ingengo y’imari bishora mu gutumiza intwaro

Ibihugu birimo u Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi, Tanzania, DRC, Somalia na Sudani y’Epfo bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bikomeje kongera Ingengo y’Imari ikoreshwa mu gisirikare...
27 March 2025 Yasuwe: 790 0

FARDC yarashe indege y’abasivili i Walikale icyeka ko ari AFC/M23

Kuri uyu wa 27 werurwe 2025 mu mujyi wa Walikale,ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo FARDC zarashe Amabombe ku ndege y’abasivili yari ku kibuga cy’indege cya Kigoma,bacyeka ko ari...
27 March 2025 Yasuwe: 2646 0

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda agiye kugeza ijambo ku kanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi.

kuri uyu wa 27 werurwe,Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe ari i new York muri leta zunze ubumwe za Amerika, aho biteganyijwe ko ku isaha ya saa kumi z’umugoroba za...
27 March 2025 Yasuwe: 648 0

Abadepite bo muri Amerika basabye ko Leta ya RDC guhagarika ubufatanye na FDLR

Abadepite bagize Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ishinzwe Ububanyi n’Amahanga, basabye ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buhagarika...
27 March 2025 Yasuwe: 535 0

Ambasade ya Amerika muri DRC yanyomoje ibiro bya Tshisekedi byatangaje ko Dr.Ronny ari intumwa yihariye ya Trump

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanyomoje ibiro bya Perezida Félix Tshisekedi byatangaje ko byakiriye intumwa yihariye ya Donald Trump.
26 March 2025 Yasuwe: 811 0