kuri uyu wa 08 mata 2025 abayobozi n’abakora mu ruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye SKOL Brewery Ltd bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 akaba ari igikorwa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ntirushwamaboko Marie Providence w’imyaka 64, wo mu Karere ka Huye, Umurenge wa Ngoma, akurikiranyweho icyaha cyo kuzimiza cyangwa...
Tariki 8 Mata mu 1994 nibwo Gen. Maj. Paul Kagame wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA yamenyesheje amahanga ko agiye gufata icyemezo cyo guhagarika Jenoside yari yatangiye gukorerwa Abatutsi,...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahagaritse ubufatanye n’ababuhuzaga n’ubwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu biganiro byerekeye ubucukuzi n’itunganywa ry’amabuye y’agaciro
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye kugirana ibiganiro na Iran ku bijyanye no guhagarika ikorwa ry’intwaro z’ubumara muri Iran.
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres, yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yateguwe kandi ko atari ubwicanyi ndengakamere bwahutiyeho.
perezida wa IBUKA Dr.Gakwenzire Philbert yashimiye ubutwari inkotanyi zagize mu guhagarika Jenoside ndetse akanazishimira ko na nyuma yayo leta y’u Rwanda itahwemye kwita ku barokotse ikabasubizamo...