Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yashinje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kwivanga mu miyoborere y’iki gihugu kubera uburyo yagiye agaragaza ko atigeze...
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Romania bwatangiye gukurikirana bamwe mu bacancuro bakomoka muri iki gihugu barwaniye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Vladimir Putin w’u Burusiya na Volodymyr Zelensky wa Ukraine biteguye kugirana amasezerano y’amahoro yo guhagarika intambara.
Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 4 Mata 2025 yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, baganira ku buryo amahoro yaboneka mu...
Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima RBC, cyatangaje ko mu mwaka ushize mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; abantu 2,016 bagize ibibazo by’ihungabana aho 1,786...
Inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) zavuze ku wa Kane ko zarashe indege ya gisirikare ya Sudani hafi ya El Fasher, umurwa mukuru wa Leta ya Darfur y’Amajyaruguru, bica abari barimo.
Ku Cyumweru tariki ya 6 Mata, i Paris mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yiswe iyo kwamagana imikoranire ikipe ya Paris Saint-Germain yo muri kiriya gihugu ifitanye n’u Rwanda biciye muri...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje ko Perezida Yoon Suk-yeol yegujwe ku butegetsi nyuma y’amezi ane ashyize...