Sosiyete y’ikoranabuhanga ya Apple yajyanywe mu nkiko z’u Burusiya, ishinjwa kurenga ku mategeko abuza kwamamaza ku bana ibikorwa by’umubano ushingiye ku bitsina w’abantu bafite ibitsina bisa.
Sergio Alfieri, ukuriye ishami rishinzwe abaganga babaga indwara zo mu nda mu bitaro bya Gemelli, ibyo Papa Francis yarwariyemo igihe, wari umuhuzabikorwa w’abaganga be anashinzwe kwita ku bibazo...
Umushoramari Elon Musk uri no mu butegetsi bwa Donald Trump na Minisitiri w’Imari muri Amerika, Scott Bessent, bashyamiranye bikomeye bapfa umuyobozi w’Ikigo gishinzwe imisoro y’imbere mu gihugu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Volodymyr Zelensky wavuze ko Ukraine itazemera guhara ibice yambuwe n’u Burusiya birimo Crimea.
Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude Torkornoo, ku mwanya w’ubuyobozi ku mpamvu zitaramenyekana.