skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

U Burusiya: Apple yajyanywe mu nkiko izira kwamamaza ubutinganyi

Sosiyete y’ikoranabuhanga ya Apple yajyanywe mu nkiko z’u Burusiya, ishinjwa kurenga ku mategeko abuza kwamamaza ku bana ibikorwa by’umubano ushingiye ku bitsina w’abantu bafite ibitsina bisa.
24 April 2025 Yasuwe: 269 0

RMC yasabye ko Politiki nshya y’itangazamakuru yakwihutishwa

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), rwasabye Abadepite kwihutisha politiki nshya y’itangazamakuru kuko izafasha mu kunoza imikorere y’uyu mwuga ndetse ikanajyana n’ikoranabuhanga rigezweho...
24 April 2025 Yasuwe: 245 0

Uwari ukuriye abaganga ba Papa Francis Yasobanuye ibyaranze amasaha ye ya nyuma

Sergio Alfieri, ukuriye ishami rishinzwe abaganga babaga indwara zo mu nda mu bitaro bya Gemelli, ibyo Papa Francis yarwariyemo igihe, wari umuhuzabikorwa w’abaganga be anashinzwe kwita ku bibazo...
24 April 2025 Yasuwe: 568 0

Moon Jae-in wabaye Perezida wa Koreya y’Epfo akurikiranyweho guha akazi umukwe we

Ubushinjacyaha muri Koreya y’Epfo bwatangaje ko Moon Jae-in wayoboye iki gihugu kuva mu 2017 kugeza mu 2022 akurikiranyweho ibyaha bya ruswa.
24 April 2025 Yasuwe: 172 0

Perezida Macron na Rajoelina basinye amasezerano yo kubaka urugomero

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yabonanye na mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina, maze abayobozi bombi basinyana amasezerano menshi mu bijyanye n’ubuhinzi, n’uburezi n’ingufu, aho...
24 April 2025 Yasuwe: 213 0

Elon Musk na Minisitiri w’Imari batukaniye muri White House

Umushoramari Elon Musk uri no mu butegetsi bwa Donald Trump na Minisitiri w’Imari muri Amerika, Scott Bessent, bashyamiranye bikomeye bapfa umuyobozi w’Ikigo gishinzwe imisoro y’imbere mu gihugu...
24 April 2025 Yasuwe: 365 0

Trump yakuriye Zelensky inzira ku murima

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Volodymyr Zelensky wavuze ko Ukraine itazemera guhara ibice yambuwe n’u Burusiya birimo Crimea.
24 April 2025 Yasuwe: 358 0

U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira barenga 130 baturutse muri Libya

Guverinoma y’u Rwanda yakiriye icyiciro cya 21 cy’impunzi n’abimukira 137 baturutse muri Libya, basaba ubuhungiro.
24 April 2025 Yasuwe: 422 0

Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva

Umuyobozi w’Uruganda rwa Volkswagen muri Afurika, Martina Biene, yatangaje ko nyuma y’umwaka umwe Perezida Kagame amenyeshejwe ikibazo cya lisansi yanduye yari mu Rwanda, cyahise gikemurwa ku buryo...
23 April 2025 Yasuwe: 601 0

Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude Torkornoo, ku mwanya w’ubuyobozi ku mpamvu zitaramenyekana.
23 April 2025 Yasuwe: 411 0