Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacyanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahindutse iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bamunenze kubera ko yambaye ikoti rifite ibara ry’ubururu mu ishyingurwa rya...
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeranyije gutegura inyandiko y’umushinga w’amasezerano w’amahoro bitarenze ku wa 2 Gicurasi 2025.
Perezida wa Amerika Donald Trump na Volodymyr Zelensky wa Ukraine baherukaga gushwanira muri White House bagiraniye ibiganiro i Vatican mbere yo kwitabira umuhango wo gushyingura Papa Francis.
Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe Ubutasi (CIA) rwatangaje ko umuhungu w’Umuyobozi warwo wungirije ushinzwe udushya mu by’ikoranabuhanga, Juliane Gallina, yapfiriye muri Ukraine...
Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, basinyanye “Amasezerano ku by’ibanze agamije amahoro”.