skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

U Bubiligi burasaba Perezida Museveni kubwunga n’u Rwanda

Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacyanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025.
27 April 2025 Yasuwe: 1944 0

Macron yahishuye ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara nta mananiza

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara ihanganyemo n’u Burusiya nta mananiza.
27 April 2025 Yasuwe: 459 0

Trump yanenzwe kubera ikoti yambaye mu ishyingurwa rya Papa Francis

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahindutse iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bamunenze kubera ko yambaye ikoti rifite ibara ry’ubururu mu ishyingurwa rya...
27 April 2025 Yasuwe: 1562 0

U Rwanda na RDC byemeranyije gutegura amasezerano y’amahoro bitarenze tariki 2 Gicurasi

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeranyije gutegura inyandiko y’umushinga w’amasezerano w’amahoro bitarenze ku wa 2 Gicurasi 2025.
26 April 2025 Yasuwe: 876 0

Trump na Zelensky bagiranye ibiganiro bise iby’amateka

Perezida wa Amerika Donald Trump na Volodymyr Zelensky wa Ukraine baherukaga gushwanira muri White House bagiraniye ibiganiro i Vatican mbere yo kwitabira umuhango wo gushyingura Papa Francis.
26 April 2025 Yasuwe: 578 0

Umwana w’umwe mu bayobozi ba CIA yiciwe muri Ukraine arwanira U Burusiya

Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe Ubutasi (CIA) rwatangaje ko umuhungu w’Umuyobozi warwo wungirije ushinzwe udushya mu by’ikoranabuhanga, Juliane Gallina, yapfiriye muri Ukraine...
26 April 2025 Yasuwe: 1073 0

Trump aracyatsimbaraye ku kugira Canada Leta ya 51 ya Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aracyahagaze ku gitekerezo cye cyo kugira Canada Leta ya 51 y’igihugu cye.
26 April 2025 Yasuwe: 459 0

Wazalendo ikomeje kuba ikibazo nyuma y’amasezerano ya RDC na AFC/M23 yo guhagarika imirwano

Imitwe yitwaje intwaro yibumbiye muri Wazalendo ikomeje guteza umutekano muke mun Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na nyuma y’aho ubutegetsi bw’iki gihugu bugiranye...
26 April 2025 Yasuwe: 1140 0

Ibikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC

Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, basinyanye “Amasezerano ku by’ibanze agamije amahoro”.
26 April 2025 Yasuwe: 925 0

U Burusiya bwisubije agace ka Kursk bukambuye Ukraine

U Burusiya bwisubije Umujyi wa Kursk, agace kari ku mupaka Ukraine yari yararwanye inkundura ikagafata mu mpera z’umwaka ushize.
26 April 2025 Yasuwe: 639 0