Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gukura Mike Waltz ku mwanya w’umujyanama we mu by’umutekano nyuma y’amezi atatu amuhaye izi nshingano
U Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikomeje kwitana ba mwana no kwigiza nkana ku nkomoko ya Covid-19 imaze kugaragara ku bantu 700 bayanduye ndetse abarenga miliyoni zirindwi ikabahitana
Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko Ubushinjacyaha bw’igisirikare bwasabye Sena kwambura Joseph Kabila ubudahangarwa kugira ngo...
Umuherwe Elon Musk, akaba na nyiri sosiyete ya Tesla ikora imodoka zikoresha amashanyarazi, yahombye miliyari 113$, ni ukuvuga 25% by’umutungo rusange we kuva Perezida Donald Trump yatangira manda...
Abahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Qatar mu biganiro bitegura amasezerano y’amahoro ateganyijwe hagati y’impande zombi.
Perezida Donald Trump ukomeje gucisha umweyo mu bayobozi batandukanye muri Guverinoma n’ibigo bya Leta, yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida.
Igihe ntarengwa cyo kwishyura ku muntu waciwe amande yo mu muhanda kubera ikosa yakoze atwaye ikinyabiziga, kizava ku minsi itatu, kigezwa ku minsi 30, mu gihe itegeko ribigena rizaba ryemeje.