skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Uwari umaze amezi atatu ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano agiye gusimbuzwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gukura Mike Waltz ku mwanya w’umujyanama we mu by’umutekano nyuma y’amezi atatu amuhaye izi nshingano
2 May 2025 Yasuwe: 180 0

U Bushinwa na Amerika bikomeje kwitana ba mwana ku nkomoko ya Covid-19

U Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikomeje kwitana ba mwana no kwigiza nkana ku nkomoko ya Covid-19 imaze kugaragara ku bantu 700 bayanduye ndetse abarenga miliyoni zirindwi ikabahitana
1 May 2025 Yasuwe: 287 0

U Burundi bwongeye gutunga u Rwanda urutoki mu mugambi wo kubutera

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo gushaka gutera igihugu, avuga ko afite ibimenyetso by’uko ruzabikora rwitwaje abantu bahunze igihugu cye nyuma yo...
1 May 2025 Yasuwe: 1091 0

Kabila yasabiwe kwamburwa ubudahangarwa

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko Ubushinjacyaha bw’igisirikare bwasabye Sena kwambura Joseph Kabila ubudahangarwa kugira ngo...
1 May 2025 Yasuwe: 570 0

Elon Musk yahombye 25% by’umutungo we kubera uruhare agira muri politiki ya Trump

Umuherwe Elon Musk, akaba na nyiri sosiyete ya Tesla ikora imodoka zikoresha amashanyarazi, yahombye miliyari 113$, ni ukuvuga 25% by’umutungo rusange we kuva Perezida Donald Trump yatangira manda...
30 April 2025 Yasuwe: 542 0

AFC/M23 n’ingabo za RDC bikomeje guhanganira muri Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo z’iki gihugu bikomeje guhanganira muri teritwari zitandukanye z’intara ya Kivu y’Amajyepfo.
30 April 2025 Yasuwe: 1667 0

U Rwanda na RDC byahuriye muri Qatar mu biganiro

Abahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Qatar mu biganiro bitegura amasezerano y’amahoro ateganyijwe hagati y’impande zombi.
30 April 2025 Yasuwe: 799 0

Trump yirukanye umugabo wa Kamala Harris

Perezida Donald Trump ukomeje gucisha umweyo mu bayobozi batandukanye muri Guverinoma n’ibigo bya Leta, yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida.
30 April 2025 Yasuwe: 1156 0

Kabuga agiye kongera kugaragara mu rukiko

Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, IRMCT, rwatangaje ko Félicien Kabuga umaze igihe afungiye mu Buholandi agiye kongera kugaragara mu rukiko, mu rubanza aburanamo n’umushinjacyaha.
30 April 2025 Yasuwe: 880 0

Iminsi yo kwishyura amande yo mu muhanda igiye kuba 30

Igihe ntarengwa cyo kwishyura ku muntu waciwe amande yo mu muhanda kubera ikosa yakoze atwaye ikinyabiziga, kizava ku minsi itatu, kigezwa ku minsi 30, mu gihe itegeko ribigena rizaba ryemeje.
30 April 2025 Yasuwe: 1028 0