Ali Bongo wahoze ayobora Gabon akaza guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare mu 2023 ndetse agafungirwa iwe n’umuryango we kuva ubwo, yarekuwe ahita yerekeza i Luanda muri Angola.
Abanyapolitiki bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibavuga rumwe na Leta ku kuba Sena yakwambura ubudahangarwa Joseph Kabila wabaye Perezida w’iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019...
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko guhera mu mwaka w’ingengo y’imari uzatangira muri Nyakanga 2025, izagura zahabu nk’umutungo wakwifashishwa mu bwizigame n’ishoramari, mu guhangana n’ibibazo...
Umusirikare wo mu mutwe w’ingabo zirinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, GR (Garde Républicaine) yishe bagenzi be batatu bashinzwe imyitwarire (Police Militaire) bakoreraga mu...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye cyageze ku rugero ntarengwa mu gutanga inkunga ya gisirikare kuri Ukraine, bityo ko nta zindi ntwaro kizongera guha Ukraine, mu...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryaciye icuruzwa ry’ibiyobyabwenge ndetse n’ibinyobwa biri mu macupa ari munsi ya mililitiro 300 mu mujyi wa Goma.
Umusore w’imyaka 22 wo mu Karere ka Karongi yitabye Imana nyuma yo gukubitwa ikintu mu mutwe bikozwe na mugenzi we bakoranaga ubucukuzi butemewe bapfuye telefone.