Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko Ukraine na yo izi neza ko idafite ubushobozi bwo kwisubiza ubutaka bwayo bwafashwe n’u Burusiya kuva mu 2014, asaba ab’i Kyiv kwemera ibiganiro...
U Rwanda n’igihugu cya Guinea bashyize umukono ku masezerano agamije kuzamura ubufatanye mu rwego rw’ishoramari. Amasezerano yasinywe ahagarariwe na Jean-Guy K. Afrika, Umuyobozi Mukuru w’Urwego...
Ambasaderi James Ngango yashyikirije Umunyamabanga Mukuru wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga wa Jordanie, Amb Majed Al-Qatarneh, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Bwami bwa Jordanie.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye nta gahunda gifite yo kurangiza intambara muri Gaza, igihe cyose umutwe wa Hamas ugikora.
Donald Trump yatangaje ko ari guteganya uburyo yakuraho ibihano byafatiwe Syria mu myaka itandukanye, agaragaza ko ari ukongera guha iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati amahirwe yo gutera...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba yashyikirije Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.