Polisi y’Umujyi wa Kigali iratangaza ko yataye muri yombi abagabo babiri bo mu kigero cy’imyaka 25 na 37, bakekwaho icyaha cyo kwiba ibikoresho by’uburanga bifite agaciro ka miliyoni 15 Frw.
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zirwanira mu mazi ziba mu kigo cya Banana giherereye muri teritwari ya Muanda mu ntara ya Kongo-Central, yiciye abaturage batatu...
Ndayambaje Idrisa w’imyaka 23 yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka itanu y’amavuko, kuri ubu akaba afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi mu murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze.
Mu ijoro rishyira ku wa 12 Gicurasi 2025, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero by’indege zirenga 100 zitagira abapilote muri Ukraine nyuma y’uko agahenge k’amasaha 72 kari karumvikanyweho kuva ku wa...
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu biganiro n’Ubwami bwa Qatar ku bijyanye no kwakira indege yo gutwara perezida izwi nka Air Force One.