Mu Ukuboza 2017 nibwo habayeho amasezerano hagati ya Diyosezi Gatolika ya Butare ihagarariwe na Msgr Filipo Rukamba na sosiyete y’Ubwubatsi Garco Ltd ihagarariwe na Architect Jean Baptiste Cyusa...
Inyubako ikoreramo Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ndetse akanayituramo we n’umuryango we, izwi nka ‘White House’ n’ubwo hari benshi bakunze kuyitiranya n’inzu yitwa ‘United States Capitol’...
Uko Isi igenda itera imbere ni nako hagenda hubakwa inyubako zitandukanye hirya no hino twakwita ko zitangaje bitewe n’uburyo zireshya cyangwa se uko ziteye. Uyu munsi Iwaculove twabateguriye...
Mu gihe myaka yo hambere hirya no hino muri Afurika abaturage wasanga batuye mu nzu zisakaje ibyatsi(ibigonyi), muri iki gihe izi nzu ahenshi zimaze kuba amateka ahubwo mu migi minini y’ Afurika...
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016 arataha ku mugaragaro inyubako ya CHIC Complex yuzuye itwaye miliyari 19 na miliyoni 800 z’ Amafaranga y’ u Rwanda, n’iya Kigali Heights...
Kuri uyu wa kane, Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame, bafunguye ku mugaragaro Singita Kwitonda Lodge, inyubako iherereye mu Kinigi mu Karere ka Musanze hafi ya...
Hari inyubako za Hotel Nyungwe Ni Iwacu Gakondo bivugwa ko ari iza Bamporiki Edouard, Umujyi wa Kigali urimo gusenya, nk’uko amashusho yakwirakwiriye kuri X...
Kuva mu masaha akuzeho y’umugoroba wo kuri uyu wa kabili inyubako ya Hotel Top Tower iherereye ku Kimihurura iri gusenywa, amakuru Umuryango wamenye ni uko iri gusenywa n’Umujyi wa Kigali ku...
Ifoto igaragaza uko inyubako izaba imeze
SANGWA Plaza ni inyubako y’amagorofa atatu nshyashya y’ubucuruzi izaba igezweho iri kubakwa Kicukiro, ni imwe mu nyubako izatuma hiyongera ibyumba by’aho...
Harry n’umufasha we Meghan bafite inyubako igezweho iherereye I Kensington Palace barimo kubamo mu gihe banitegura kuza mu kwezi kwa buki mu bihugu By’Africa, aho binavugwa ko bashobora kuzasura...
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 20 Ugushyingo 2023, inyubako ikorerwamo ubucuruzi iherereye muri Gare ya Musanze, yafashwe n’inkongi y’umuriro hahiramo ibintu...
Taliki 11/5/2017 nibwo abakorera mu nyubako ya UTC y’Umunyemali Rujugiro n’abandi bafatanyije babonye amaruwa ababwira ko igiciro cy’ubukode kizazamuka kuva mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka kikagera...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tarimi ya 1 nzeri 2017 Perezida Kagame ari kumwe n’umuherwe Haward Buffet batashye ku mugaragaro umushinga ‘One Border Post La Corniche’ wuzuye mu karere ka...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere nibwo Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyamanitse ahahurira abantu benshi mu gace inyubako ya Union Trade Center (UTC) imenyesha abantu banyuranye ko taliki...
Umukobwa witwa Sydney Paige Monfries yahanutse ku gasongero k’inyubako ndende cyane ya kaminuza ya Fordham University ubwo yahuriraga agiye kwifatira selfie aho umujyi wa New York ugaragara...
Kigali Arena, inyubako ya mbere nini y’imikino yo mu nzu mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba ndetse iri mu icumi za mbere muri Afurika yose isa n’iyarangiye.
Inyubako ikorerwamo ubucuruzi izwi nko ku mashyirahamwe iherereye I Nyabugogo mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro mu rukerera rwo kuri...
Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki 5 Mata 2020, abigaragambya bashenye inyubako isuzumirwamo abarwayi ba covidd-19 mu gace kitwa « Toits rouge » gaherereye mu mujyi wa Abidjan mu gihugu cya Cote...
Inyubako za mbere zizatuzwamo abantu ba mbere mu batuye mu midugudu igize igice cy’akajagari i Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe,zamaze kuzura ndetse mu cyumweru kimwe bamwe mu bagomba...
Abaturiye n’ abakoresha Umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda, bavuga ko uko ibiro byawo byubatse bitera igisebo u Rwanda bitewe n’uko inyubako zawo zishaje cyane ugereranije n’izindi zubakwa...