Ku cyumweru, tariki ya 29 Gicurasi, Perezida w’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, Perezida wa Senegal, Macky Sall, yasabye ko habaho ibiganiro hagati y’u Rwanda na DR Congo mu gihe amakimbirane ari kwiyongera hagati y’abaturanyi bombi nyuma yo kongera kwigomeka kwa M23 mu burasirazuba bwa nyuma.
Intambara y’ingabo za DR Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 hafi y’umupaka uhuriweho na RDC n’ u Rwanda yateranyije ibihugu byombi.
Icyifuzo cya Perezida wa AU ni icyo kuganira ku mpande zombi,nyuma (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida wa AU yasabye ikintu gikomeye u Rwanda na RDC
30 May 2022, by Dusingizimana Remy -
Reba ibaruwa iteye agahinda cyane Regis Kamugisha yandikiye umugore we wapfanye n’abana babo babiri "Teta na Olga" abasezera(IBARUWA)
30 May 2017, by Martin MunezeroKu munsi w’ejo tariki 29 Gicurasi 2017 nibwo hashyinguwe umugore n’abana 2 ba Regis Kamugisha baguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu, ibera mu makoni y’umuhanda wa Shyorongi, ihitana abantu 14 barimo n’umuryango wa Regis.
Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha wari ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka . Bari bavuye i Musanze batashye aho bari batuye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. (…) -
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe nshya y’amashuri abanza n’ayisumbuye aho abanyeshuri bo mu mwaka wa 5 n’uwa 06 w’amashuri abanza,uwa 03 uwa 05 n’uwa 06 w’amashuri yisumbuye yose bazatangira kuwa 02 Ugushyingo uyu mwaka biga igihembwe cya kabiri.Iki gihembwe kizasozwa kuwa 02 Mata 2021.
-
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021,Guverinoma yavuguruye amabwiriza yo kwirinda Covid-19, itangaza ingamba zikaze zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko amashuri yose agomba gufunga.
-
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye -
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
16 July 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura ku byaha birimo icyo gutanga sheki zitazigamiye n’icy’ubuhemu.
-
Abo SAFA BAKERIES yigishije uburyo bwo gutunganya amafunguro bihangiye imirimo, amarembo kandi arafunguye
12 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTSandra Umushambokazi, umwe mu rubyiruko rwagize amahirwe yo guhambwa amasomo na SAFA BAKERIES mu gutegura amafunguro anyuranye arimo Pizza, Burgers, ifiriti na sanduici ndetse n’andi avuga ko we na mugenzi we bari kumwe bahise banagira igitekerezo cyo gushyira mu bikorwa ibyo bize ubu bakaba bafite restaurent ariko ishyira abantu ibyo kurya mu ngo zabo.
Mushambokazi avuga ko restora yabo bise SHERA BITE imaze amezi atau itangiye kandi ababatumaho amafunguro bibereye mu rugo umubare wabo (…) -
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!
18 May 2022, by UbwanditsiGahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere ry’ubukungu mu myaka yatambutse rwari ku gipimo cya 5.3% naho uruhare rw’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze y’igihugu rukaba rwari ku gipimo cya 3.8%.
Ibi bigaraza ko hakenewe gushirwa imbaraga mu ishoramari n’ubushakashatsi mubihingwa bishya ndetse n’ubworozi byazamura (…) -
Amateka ya Gitera washinze Aprosoma, akazana amategeko icumi y’abahutu ndetse n’ ijambo “mitingi”
29 June 2019, by UbwanditsiGitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba amacakubiri.
-
Indirimbo “Dusohoze ikivi” yahuriweho na The Ben, Masamba, Mecky, Tonzi, Phiona, Didier, Bahati na Aaron Nitunga yasohotse
27 April 2019, by UbwanditsiIndirimbo “Dusohoze ikivi” yahuriyeho n’abahanzi The Ben, Masamba, Mecky, Tonzi, Phiona, Didier, Bahati na Aaron Nitunga yasohotse aho buri wese afitemo ubutumwa bujyane no kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ndetse no gushimangira inzira yo kwiyubaka igihugu cyateye.
Umuryango.rw
Perezida wa AU yasabye ikintu gikomeye u Rwanda na RDC
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!