Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 19/02/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu bwanditse ku mazina ya Gatorano Emmanuel na Nyirabirori Martine buherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Shyara, Akagali ka Rutare ngo harangizwe urubanza Sacco Shyara yatsinzemo Gatorano Emmanuel, Nishyirambere Aimable na Kabayiza Jean Bosco.
Cyamunara ikazabera aho umutungo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu buri mu Murenge wa Shyara/Bugesera
6 February 2019, by Ubwanditsi -
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo
26 August 2024, by UbwanditsiIkigo UNITED SCHOLARS CENTER kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye.
Kuri ubu UNITED SCHOLARS CENTER ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse no muri Aziya, ikabashakira ibyangombwa byose bisabwa birimo ahari amashami bifuza, visa, uburyo bwo kwishura bworoshye, uburyo bwo (…) -
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
14 November 2024, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki 16/11/2024, Skol ibinyujije mu kinyobwa cyayo cya Skol Malt yateguye igitaramo gikomeye kizitabirwa n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda bazwiho guhagurutsa imbaga kizabera muri Kigali Universel (hejuru muri CHIC), imiryango ikazaba ifunguye kuva saa kumi z’umugoroba!
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buri mu Murenge wa Shyara/Bugesera
6 February 2019, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 19/02/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwanditse ku mazina ya Ndayisenga Jean Baptiste na Mukangarambe Eugenie buherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Shyara, Akagali ka Kamabuye ngo hishyurwe umwenda aba babereyemo Sacco Shyara.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri 0788734008.
Ku bindi (…) -
’Abanze kwitandukanya n’abacengezi bose barishwe’-Amagambo yatumye Pasiteri Zigirinshuti Michel ahagarikwa muri ADEPR
3 November 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTUmuvugabutumwa umaze kumenyekana cyane mu Rwanda, Pasiteri Michel Zigirinshuti, yahagaritswe n’itorero rya ADEPR kubera amagambo yakoresheje ubwo yabwiriziga abigishwa, akageraho atanga ingero yifashishije intambara y’abacengezi yabaye mu Rwanda.
-
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
27 December 2024, by UbwanditsiAmakuru UMURYANGO wamenye bivuye mu mabaruwa n’inyandiko zinyuranye dufitiye kopi, ni uko kuva mu kwezi kw 11 uyu mwaka, Perezida wa Koperative ADARWA ikorera mu Gakinjiro ka Gisozi, TWAGIRAYEZU Thadee, uyu akaba ari na Perezida w’ikipe ya Rayon Sport, ahanganye bikomeye n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Amakoperative (RCA), amakimbirane akaba aturuka ku kuba RCA yaramwangiye kuyobora indi manda bavuga ko yaba ari iya gatatu muri Koperative ADARWA!
-
Cartoon: Bamwe mu babonaga uko inyubako ya Hotel Top Tower isenywa bicuzaga impamvu inzu itagira amapine
13 July 2017, by UbwanditsiBamwe mu bazindutse babona aho imirimo yo gusenya inyubako ya Hotel Top Tower igeze bicuzaga impamvu inzu itagira amapine. Umujyi wa Kigali waraye utangiye gusenya iyi nyubako mu ijoro ryakeye uyishinja kutuzuza ubuziranenge ndetse no kuba itajyanye n’igishushanyo mbonera cy’Umujyi
-
RWANDA:Reba ingano y’umushahara mushya wa Perezida w’u Rwanda, Abaminisitiri, Abadepite, Abasenateri, Guverinerinoma nibindi
4 June 2017, by Martin MunezeroIteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’Imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu bahabwa ndetse n’ibindi biherekeza iyo mishahara.
Aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu, barimo Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe w’Abadepite; Minisitiri w’Intebe; ba Visi Perezida ba Sena; ba (…) -
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021,Guverinoma yavuguruye amabwiriza yo kwirinda Covid-19, itangaza ingamba zikaze zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko amashuri yose agomba gufunga.
-
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!
18 May 2022, by UbwanditsiGahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere ry’ubukungu mu myaka yatambutse rwari ku gipimo cya 5.3% naho uruhare rw’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze y’igihugu rukaba rwari ku gipimo cya 3.8%.
Ibi bigaraza ko hakenewe gushirwa imbaraga mu ishoramari n’ubushakashatsi mubihingwa bishya ndetse n’ubworozi byazamura (…)
Umuryango.rw
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
’Abanze kwitandukanya n’abacengezi bose barishwe’-Amagambo yatumye Pasiteri Zigirinshuti Michel ahagarikwa muri ADEPR
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!