Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe nshya y’amashuri abanza n’ayisumbuye aho abanyeshuri bo mu mwaka wa 5 n’uwa 06 w’amashuri abanza,uwa 03 uwa 05 n’uwa 06 w’amashuri yisumbuye yose bazatangira kuwa 02 Ugushyingo uyu mwaka biga igihembwe cya kabiri.Iki gihembwe kizasozwa kuwa 02 Mata 2021.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
13 October 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida wa AU yasabye ikintu gikomeye u Rwanda na RDC
30 May 2022, by Dusingizimana RemyKu cyumweru, tariki ya 29 Gicurasi, Perezida w’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, Perezida wa Senegal, Macky Sall, yasabye ko habaho ibiganiro hagati y’u Rwanda na DR Congo mu gihe amakimbirane ari kwiyongera hagati y’abaturanyi bombi nyuma yo kongera kwigomeka kwa M23 mu burasirazuba bwa nyuma.
Intambara y’ingabo za DR Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 hafi y’umupaka uhuriweho na RDC n’ u Rwanda yateranyije ibihugu byombi.
Icyifuzo cya Perezida wa AU ni icyo kuganira ku mpande zombi,nyuma y’ibisasu (...) -
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021,Guverinoma yavuguruye amabwiriza yo kwirinda Covid-19, itangaza ingamba zikaze zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko amashuri yose agomba gufunga.
-
Reba ibaruwa iteye agahinda cyane Regis Kamugisha yandikiye umugore we wapfanye n’abana babo babiri "Teta na Olga" abasezera(IBARUWA)
30 May 2017, by Martin MunezeroKu munsi w’ejo tariki 29 Gicurasi 2017 nibwo hashyinguwe umugore n’abana 2 ba Regis Kamugisha baguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu, ibera mu makoni y’umuhanda wa Shyorongi, ihitana abantu 14 barimo n’umuryango wa Regis.
Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha wari ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka . Bari bavuye i Musanze batashye aho bari batuye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. Bari (...) -
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye -
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
16 July 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura ku byaha birimo icyo gutanga sheki zitazigamiye n’icy’ubuhemu.
-
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
17 July 2021, by UbwanditsiUmuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso (...) -
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
27 February 2023, by TUYISENGE FabriceHatangajwe imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda wiyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi ishize, aho igitsinagore ari bo benshi ugeraranyije n’igitsinagabo.
-
Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze
5 May 2019, by UbwanditsiGucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo butandukanye mu bihe bitandukanye. Abagabo bashobora kugira iki kibazo mu gihe bagitangira igikorwa nyirizina bikagaragazwa no gusohora mu buryo bwihuse nta nicyo bari bakora kubijyanye n’imibonano mpuzabitsina baba bagiye gukora.
-
Menya uko wowe ubwawe wakwisuzuma kanseri y’ ibere igaragara cyane mu Rwanda
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestUyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’ Amajyaruguru. Iyo ugeze muri ibi bitaro ubona abarwayi baje kwisuzumisha bwa mbere indwara ya kanseri n’ abahamaze iminsi.
Ibi bitaro byita ku barwayi hakurikijwe imyaka bafite. Abana, ni ukuvuga abafite munsi y’ imyaka 16 bavurwa ukwabo naho abakuze ni ukuvuga abarengeje imyaka 16 y’ amavuko nabo (...)