Uwitwa Muhayimana Samuel usanzwe ari musaza wa Mwiseneza Josiane wamenyekanye mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019,wari umaze iminsi afungiwe gukekwaho gukoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano,yarekuwe yemererwa kuburana ari hanze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Musaza wa Mwiseneza Josiane wafunzwe akekwaho gukoresha inyandiko mpimbano yarekuwe
28 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Breaking: Meya wa Karongi na ba Visi Meya bose baraye banditse basaba kwegura
3 September 2019, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo ku wa mbere taliki 2/9/2019 nibwo Ndayisaba Francois, Meya w’Akarere ka Karongi ndetse na bagenzi be babiri bamwungirije muri Nyobozi baraye bandikiye Perezida wa Njyanama bamusaba kwegura ku buyobozi bw’Akarere ku mpamvu zabo bwite.
-
Ingabo za FARDC zasanganye Lt Gen. Mudacumura Flash Disk n’ibindi bikoresho byuzuyemo amabanga yose y’umutwe wa FDLR
20 September 2019, by Dusingizimana RemyIngabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, FARDC,zasanze flash disk yuzuyeho amabanga menshi mu murambo w’umuyobozi wa FDLR Lt Gen. Mudacumura Sylvestre waguwe gitumo mu ijoro ryo kuwa 18 Nzeri uyu mwaka,akamishwaho amasasu kugeza apfuye.
-
MANCHESTER UNITED irahura na LIVERPOOL mu mukino w’ishiraniro
22 August 2022, by UbwanditsiManchester United na Liverpool baraza guhura muri Premier League Kuwa mbere, mu mukino wo Mubwongereza ku makipe abiri akomeye. Umukino uratangira: 21:00
Aya makipe yombi afite akazi gakomeye ko gukora aho bari gushaka intsinzi za mbere za Premier League.
Byabaye ibihe bibi kuri Erik ten Hag nk’umutoza wa Manchester United, aho ikipe ye iri ku mwanya wa nyuma bwa mbere mu binyacumi bitatu.
Nyuma yo kubabazwa no gutsindwa na Brighton ku mukino w’umunsi wa mbere, aho ba Red devils (…) -
Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless
1 October 2020, by UbwanditsiItaliki ya 1 Ukwakira Abanyarwanda baba bizihiza umunsi mukuru wo gukunda Igihugu. kuri Butera Knowless ho biba ari akarusho ngo kuko ari nayo taliki yavutseho. Ibyo byatumye agira ubutumwa agenera ababohoye u Rwanda.
-
Abana ba Rujindiri barifuza ko Perezida Kagame yabaha inanga ikabafasha kwigobotora ubukene
13 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka Kamonyi baravuga ko bugarijwe n’ ubukene bukabije baterwa no kuba inanga yabo yarariwe n’ imungu ikangirika. Bifuza ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yabafasha bakabona indi nanga bakabasha kwirwanaho.
Rujindiri ni umusaza wabayeho mu myaka yashize ari umuhanga mu gucuranga inanga. Nanubu inanga ze zirakifashishwa n’ ibitangazamakuru. Iyo uvuze “Imitoma ya Rujindiri” abenshi bumva atari interuro (…) -
Kuramba no kubana neza ni bimwe mu byo bakesha amateraniro y’ abahamya ba Yehova
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestAbitabiriye amakoraniro y’ abahamya ba Yehova arimo kubera mu karere ka Kicukiro mu mujyi baravuga ko aya makoraniro abafitiye akamaro kanini mu buzima bwabo bwa buri munsi harimo kubana neza n’ abo bashakanye, guhora bishimye no kuramba.
Ni amakoraniro y’ iminsi itatu yatangiye kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga. Yitabirwa n’ abahamya na Yehova bo mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zayo bakabakaba ibihumbi bibiri buri mu munsi.
Matabaro Philippe umusaza w’ imyaka 90 y’ amavuko wari (…) -
IJAMBO RY’ UMUNSI MUGEZWAHO NA NEMI TV: Inyigisho y’uyu munsi iragira iti "Iwacu h’iteka"/ Part 1
8 April 2020, by Rev./Ev. Eustache Nibintije , UbwanditsiIjambo ry’Imana mugezwaho buri munsi na Nemi Tv, kora Subscribe kuri iyi channel kandi usangize abandi ubu butumwa bwiza. Imana ibahe umugisha
Inyigisho y’uyu munsi ni igice cya mbere cy’inyigisho igira iti: "Iwacu h’Iteka". Yikurikire hano hasi:
Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI
Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira kuri WhatsApp nomero: +14123265034
Ikitonderwa: Izi nyigisho zitambutswa ku kinyamakuru Umuryango zarishyuriwe na Past Nibintije (…) -
Abafatanyije na Aimable Bayingana kuyobora amagare baramushinja kurigisa umutungo wa FERWACY
4 November 2019, by UbwanditsiUmwuka si mwiza mu ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) aho Visi Perezida wa mbere ndetse na Visi Perezida wa 2 bashinja Perezida w’iri shyirahamwe Aimable Bayingana kubayoboza igitugu, kurigisa umutungo, gutonesha n’indi miyoborere idahwitse.
Ikinyamakuru taarifa.rw cyanditse inkuru ndende ivuga kuri ibi bibazo ndetse tuyigarukaho ku Umuryango TV mu makuru ane y’ingenzi aba akomeye kuri uwo munsi.
Byinshi kuri aya makuru wakurikirana iyi Video iri hasi -
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke
19 September 2019, by UbwanditsiLeffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi bayo.
Umuryango.rw
MANCHESTER UNITED irahura na LIVERPOOL mu mukino w’ishiraniro
Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke