Amakuru UMURYANGO wamenye bivuye mu mabaruwa n’inyandiko zinyuranye dufitiye kopi, ni uko kuva mu kwezi kw 11 uyu mwaka, Perezida wa Koperative ADARWA ikorera mu Gakinjiro ka Gisozi, TWAGIRAYEZU Thadee, uyu akaba ari na Perezida w’ikipe ya Rayon Sport, ahanganye bikomeye n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Amakoperative (RCA), amakimbirane akaba aturuka ku kuba RCA yaramwangiye kuyobora indi manda bavuga ko yaba ari iya gatatu muri Koperative ADARWA!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
27 December 2024, by Ubwanditsi -
Kwibuka28: Hibutswe Abatutsi biciwe I Nyanza ya Kicukiro nyuma yo gutereranwa n’ingabo za ONU
11 April 2022, by Joseph IradukundaKuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo abatereranwe n’ingabo za Loni zari zishinzwe kugarura amahoro (MINUAR) kuri ETO Kicukiro.
-
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya mbere)
19 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMuri Bibiliya, mu gitabo cy’Imigani mu gice cya 18 ku murongo wa 22, hasobanura neza uburyo umugabo ubonye umugore mwiza aba agize umugisha utangaje agabiwe n’Imana ishobora byose.
-
Uwa 5 ntavugwaho rumwe ! Dore ba nyampinga bu Rwanda 5 bakunzwe na Rubanda kurusha abandi[AMAFOTO]
12 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMu bihe bitandukanye mu Rwanda hagiye hatoranwa ba nyampinga b’u Rwanda bahiga abandi mu muco ,ubuhanga ndese n’ubwiza, muri abo bakobwa bagiye batorwa harimo abakunzwe cyane kurusha abandi mu myaka yatambutse kuva irushanwa ryatangira.
Twabakusanyirije bamwe muri bo beretswe urukundo mu bihe bitandukanye.
5.Miss Mutesi Jolly
Ku mwanya wa 5 turahasanga Miss Mutesi Jolly wegukanye ikamba rya miss Rwanda muri 2016 ,uyu mukoba yatowe afite imyaka 19 ni umwe muri ba nyampinga bakunze (...) -
Minisante: Iyari Labophar yahoze ikora imiti 32, ubu ikora ibiri gusa, hari n’igihe yiyambajwe nk’uburuhukiro
2 July 2020, by UbwanditsiDr. Binagwaho, wasize afunze uruganda rw’imiti rw’icyari Labophar bwo yayoboraga Minisante//Photo: Newtimes
Icyari Laboratwari y’igihugu ya pharmacie muri 2013 cyari kigeze ku rwego rwo gukora imiti 32 yifashishwa cyane mu mavuriro yo mu Rwanda ubu gisigaye gikora imiti 2 gusa nyuma yo gufungwa abakozi bacyo n’imirimo cyakoraga igahurizwa hamwe n’icyahoze ari Camerwa, ikigo cy’igihugu cyatumizaga imiti hanze.
-
Gicumbi: Meya n’ abari bamwungirije begurijwe rimwe kubera amakosa yagaragajwe na raporo y’ umugenzuzi
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Gicumbi yeguje MUDAHERANWA Juvenal wari Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi na MUHIZI Jules Aimbable wari umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe ubukungu ndetse n’ uwari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ abaturage BENIHIRWE Charlotte.
-
Nyuma ya Miss Elsa RIB yafunze na Noteri wemeje inyandiko zishinjura "Prince Kid"
10 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uko Miss Elsa atawe muri yombi, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi notaire witwa Uwitonze Nasira, ukekwaho gukoresha inyandiko itavugisha ukuri muri dosiye iregwamo Ishimwe Dieudonné utegura irushanwa rya Miss Rwanda.
Uyu mugore yatawe muri yombi kuri uyu wa Mbere, afungiye kuri Station ya RIB i Remera.
Akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo icyo gukora inyandiko itavugisha ukuri no kwiyitirira umurimo utari uwe.
Itabwa muri yombi rikurikiye inyandiko zakwiye (...) -
Menya uko wowe ubwawe wakwisuzuma kanseri y’ ibere igaragara cyane mu Rwanda
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestUyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’ Amajyaruguru. Iyo ugeze muri ibi bitaro ubona abarwayi baje kwisuzumisha bwa mbere indwara ya kanseri n’ abahamaze iminsi.
Ibi bitaro byita ku barwayi hakurikijwe imyaka bafite. Abana, ni ukuvuga abafite munsi y’ imyaka 16 bavurwa ukwabo naho abakuze ni ukuvuga abarengeje imyaka 16 y’ amavuko nabo (...) -
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare bato (...) -
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUrukundo rw’ibyamamare nikimwe mubintu usanga cyivugwa cyane mu myidagaduro nyarwanda , kuva aho aho iyo couple yamenyekaniye kugeza aho bakoreye ubukwe , ariko usanga akenshi ibyamamare nyarwanda bitandukanye bidakundwa guhirwa cyane n’urukundo kuko usanga batandukana hadaciye kabiri .
N’ubwo abakundanye bahana isezerano bashimangira ko ntawe uzahemukira undi, ko bazihanganirana, umugani w’ikinyarwanda ubisobanura neza ko ‘Nta zibana zidakomanya amahembe.’ Hari agirana ibibazo bakabicoca (...)