Rtd Brg gen. Sekamana Jean Damascène wari umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko yeguye kuri iyi mirimo ku mpamvu ze bwite habura amezi 8 ngo asoze manda ye ya 1.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rtd. Brig. Gen. Sekamana Jean Damascène yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA
14 April 2021, by Dusingizimana Remy -
Menya uko wowe ubwawe wakwisuzuma kanseri y’ ibere igaragara cyane mu Rwanda
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestUyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’ Amajyaruguru. Iyo ugeze muri ibi bitaro ubona abarwayi baje kwisuzumisha bwa mbere indwara ya kanseri n’ abahamaze iminsi.
Ibi bitaro byita ku barwayi hakurikijwe imyaka bafite. Abana, ni ukuvuga abafite munsi y’ imyaka 16 bavurwa ukwabo naho abakuze ni ukuvuga abarengeje imyaka 16 y’ amavuko nabo (…) -
Aya ni amwe mu mabanga yihariye utaruzi agera kuri 15 y’umuhanzi nyarwanda King James
20 June 2017, by Martin MunezeroRuhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo bikomeye yagiye agaragaramo harimo na Rwanda Day yabereye mu Bubiligi yigeze kugaragaramo ku nshuro ye ya mbere.
– King James wavutse mu 1990 atuye i Nyamirambo ahazwi nka Cosmos mu mugi wa Kigali aho abana n’ababyeyi be, bitandukanye cyane n’iby’abandi bahanzi tumenyereyeho kwibana mu mazu (Ghetto). (…) -
Imiterere y’igitsina cy’umugore yaba ifite uruhe ruhare mu munezero w’Abashakanye? Ibyo wamenya
28 October 2021, by UbwanditsiUburyohe,ibyishimo n’umunezero biboneka mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore ni Imana yabiremye.
Umugore afite uko yaremwe kugira ngo mugihe cy’imibonano mpuza bitsina aryohere umugabo we n’umugabo Imana ifite uko yamuremye kugira ngo aryohere umugore we.
Uyu munsi turavuga ku byangombwa by’ingenzi umugore agomba kuba yujuje kugira ngo aryohere umugabo we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Kuba umugore afite igitsina gusa ntabwo bihagije ngo mu gihe (…) -
Inyeshyamba za NLF zigambye ko arizo zagabye igitero cyishe abantu I Nyaruguru
17 July 2018Inyeshyamba ziyise National Liberation Force (NLF) ziyobowe na Paul Rusesabagina wavuze yarokoye abantu muri Jenoside Leta y’ u Rwanda ikamuvuguza zigambye ko arizo zagabye igitero mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru.
-
MINISANTE na Burera mu muganda wo kubaka amavuriro y’ ibanze 7
30 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinistiri w’Ubuzima Dr Diane Gashumba kuri uyu wa 30 Kamena 2018 yifatanyije n’ubuyobozi n’abaturage b’akarere ka Burera ndetse n’abafatanyabikorwa bayo barimo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) Partners In Health (PIH) na SFH mu muganda wo kwubaka amavuriro y’ ibanze 7 muri aka karere.
-
Amafoto ya Perezida Kagame ubwo yifatanyaga n’abantu ibihumbi 6,000 mu gitaramo cya Kwita Izina Concert
8 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yaraye yitabiriye igitaramo cyiswe “Kwita izina Concert” cyari cyitabiriwe n’ibihumbi bisaga 6000 by’abakunzi ba muzika batandukanye.
-
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame
27 February 2022, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru tariki 27 Gashyantare 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gusengera Igihugu n’abayobozi bacyo azwi nka ‘National Prayer Breakfast’.
Muri ayo masengesho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda bibaye ngombwa ko uruhuza n’izina ry’umuntu wo muri Bibiliya,warwitirira Dawidi, umwe mu ntwari zo muri Bibiliya wanesheje igihangange Goliyati cyari cyarazengereje Abisiraheli nk’uko biboneka mu rwandiko rwa 1 rwa (…) -
Kagame yavuze ku mukobwa yagaruriye icyizere wabazaga ‘aho Imana yaraye ubwo Jenoside yabaga’(VIDEWO+AMAFOTO)
10 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko nyuma yo kubohora igihugu yumvise umuvugo w’umwana w’ubukobwa wasoje yibaza aho ‘Imana yaraye ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994’, ngo yaramwegereye amwizeza ko amateka azahinduka bidatinze.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Nzeri nibwo habaye amasengesho ngarukamwaka yo gusengera igihugu no gushima Imana yarinze igihugu n’abanyarwanda mu gihe cy’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 03 na 04 Kanama uyu mwaka.
Mu ijambo (…) -
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
Umuryango.rw
Menya uko wowe ubwawe wakwisuzuma kanseri y’ ibere igaragara cyane mu Rwanda
Imiterere y’igitsina cy’umugore yaba ifite uruhe ruhare mu munezero w’Abashakanye? Ibyo wamenya
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame