Col. Aloys Nsekarije wabaye Minisitiri w’ uburezi ku butegetsi bwa Habyarimana
Mitsindo Fidele umuhungu wa Aloys Nsekarije wabaye Minisitiri w’ uburezi kuri Leta ya Habyarimana yageranyije ubutegetsi bwa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ ubw’ uwahoze ari Perezida w’ u Rwanda Juvenal Habyarimana agaragaza Habyarimana yakoreshaga amayeri amugaragaza nk’ umuntu mwiza nyamara yihereye agapanga ibintu bibi.
Mitsindo Fidele uvuga ko yabanje kuba Burugumesitiri wa Komine Giciye, nyuma akaba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuhungu wa Aloys Nsekarije yagereranyije ubutegetsi bwa Kagame n’ ubwa Habyarimana agaragaza itandukaniro
28 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
KWIHANA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho yahaye umutwe ugira uti:” KWIHANA”.
-
Inyeshyamba bivugwa ko ari iza Gen Kayumba Nyamwasa na FDRL zarasiwe muri Kongo, uziyoboye afatwa mpiri [AMAFOTO]
27 June 2019, by Dusingizimana Remy, Joseph HakuzwumuremyiInyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza RNC ya Kayumba Nyamwasa zarashwe izindi zifatirwa mpiri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’ingabo za Leta ya RDC zizwi nka FARDC.Inyeshyamba zacitse ku icumu zahungiye ahitwa Minembwe.
-
Bugesera: Bari guhinga ibijumba nk’umuti w’inzara, imirire mibi n’ihindagurika ry’ikirere
7 November 2019, by UbwanditsiBinyuze mu mushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’imbuto n’ibunyabijumba hagamijwe kurwanya ubukene no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere uterwa inkunga na PNUD/GEF /SGP koperative Facoc yo mu murenge wa Gashora Akarere ka Bugesera bahawe imbuto y’imigozi y’ibijumba yo mu bwoko bwa Kabode yera ibijumba bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye.
-
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!
18 May 2022, by UbwanditsiGahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere ry’ubukungu mu myaka yatambutse rwari ku gipimo cya 5.3% naho uruhare rw’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze y’igihugu rukaba rwari ku gipimo cya 3.8%.
Ibi bigaraza ko hakenewe gushirwa imbaraga mu ishoramari n’ubushakashatsi mubihingwa bishya ndetse n’ubworozi byazamura (…) -
Mu mafoto reba urutonde rw’amakwe 5 y’ibyamamare/kazi nyarwanda yavuzwe cyane mu mwaka umwe gusa maze biracika mu bitangazamakuru (AMAFOTO)
19 May 2017, by Martin MunezeroUmwaka wa 2016 wasize ibyamamare byinshi byo mu Rwanda bikoze ubukwe ariko twifuje gusubiza amaso inyuma tubarebera ubukwe bwavuzwe cyane bugatyaza ikaramu y’ibinyamakuru abandi bakabuvuga bigashyira kera.
.Ubukwe bw’iibyamamare byo mu Rwanda .Ubukwe bw’ibyamamare byo mu Rwanda bwavuzwe cyane mu mwaka wa 2016 .Urukundo rw’ibyamamare byo mu Rwanda .Ibyamamare byo mu Rwanda bisigaye byitabira gukora ubukwe
Abahanga bemeza ko ubukwe butibagirana ndetse ko ari ikintu gihora kibukwa imyaka (…) -
Urukundo hagati ya The Ben n’umuhanzikazi nyarwanda Marina rwafashe indi ntera mu gihe Edsha we ahekuwe uwo yari yihebeye(UBUHAMYA+AMAFOTO)
6 June 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito bakundana ndetse bataryaryana.
Ni mu kiganiro uyu musore Edsha yagiranye n’umuryango.rw aho yavuza ko The Ben yamutwariye umukunzi we nawe w’umuhanzikazi uri kuzamuka "Marina"yitwaje ngo ibyo atazi,aho ngo byatangiye byitwa ko ari umunjyanama wuyu muhanzikazi ariko nyuma bikaza kuvamo tumwe mu (…) -
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
IJAMBO RY’UMUNSI NA NEMI TV: 1Samuel 1: 1-18: Kuguma mu byiringiro
4 April 2020, by Rev./Ev. Eustache NibintijeNshuti ya Nemi Tv
Iyi coronavirus ntituvugishe menshi bitume tuva mu byiringiro byacu ahubwo icyo dukwiriye gukora ni Ugutumbira Umwami wacu Yesu Kristo gusa no gukora ibyo ubuyobozi budusaba gukora.
Kurikirana iyi nyigisho, ukande subscribe kandi uyihe n’abandi tujye dukomeza gusangira iby’umwuka
Imana iguhe umugisha..!
Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira Kuri WhatsApp number: +14123265034. -
Kigali: Umunyemari Karera Dennis uyobora Kigali Heights yaba yaratawe muri yombi?
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestBirakekwa ko inzego z’ umutekano mu Rwanda zataye muri yombi umuherwe rwiyemezamirimo Dennis Karera uyobora umuturirwa Kigali heights uri hafi ya Kigali Convention Center.
Umuryango.rw
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga