Diyabete cyangwa indwara y’igisukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko umubiri ukora umusemburo wa insulin nabi cyangwa se uturemangingo tw’umubiri tutumva neza insulin.
Glucose ni ingenzi mu mubiri cyane kuko niyo soko y’imbaraga umubiri ukoresha, niyo ituma uturemangingo dushobora gukora neza, kandi ifasha ubwonko mu mikorere n’imitekerereze.
Umurwayi wayo (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Diyabete indwara y’isukari nyinshi mu maraso, Menya byinshi kuri yo n’uburyo wayirinda
25 July 2021, by Ubwanditsi -
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
Hari ibibanza byiza bigurishwa kuri make mu Kagarama/Kicukiro no mu Bugesera i Nyamata na Ntarama
11 March 2020, by UbwanditsiKTN Rwanda LTD, Sosiyete isanzwe ifasha abantu kugurisha imitungo yabo ibashakira abaguzi iratangariza abantu ko iba ifite ibibanza byiza ahantu hanyuranye, haba muri Kigali, mu Bugesera ndetse n’ahandi kandi ku biciro byiza .
-
Diane Rwigara yagize icyo avuga ku mafoto bivugwa ko ari aye yambaye ubusa
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Asinapol Rwigara ufite muri gahunda kuziyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaya y’ umuntu wambaye ubusa atari ay’ ukuri
Kuva icyo gihe abantu batandukanye n’ibitangazamakuru bitandukanye byatangiye kujya bibitangaza mu buryo butandukanye benshi bibaza uburyo umwali w’umunyarwandakazi byiyongereyeho ushaka kuyobora u Rwanda yakora ibintu nk’ibi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena (...) -
Dusobanukirwe n’uburwayi bwa porositate (prostate) indwara yibasira kandi igahitana abagabo batari bake
7 July 2021, by UbwanditsiEse prostate ni iki ?
Porositate ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umugabo rujyanye n’imyororokere, ikaba iri imbere munsi y’uruhago, aho ishinzwe gukora ibintu bituma intanga iyo zimaze kuva aho zikorerwa mu mabya zizamuka mu miyoboro zikagera ahantu mu tuntu tumeze nk’udusaho (tumeze nk’udufuka) zigahura n’amazi agizwe na poroteyine yakozwe na porositate akajya muri twa dusaho, intangangabo zagera mo akaba ariho zikurira.
Ayo mazi nizo ntanga akaba ari nabyo byitwa amasohoro”. Porositate ifite (...) -
Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze
5 May 2019, by UbwanditsiGucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo butandukanye mu bihe bitandukanye. Abagabo bashobora kugira iki kibazo mu gihe bagitangira igikorwa nyirizina bikagaragazwa no gusohora mu buryo bwihuse nta nicyo bari bakora kubijyanye n’imibonano mpuzabitsina baba bagiye gukora.
-
Umubyeyi utwite yemerewe gukomeza konsa umwana yazavuka agasangira ibere na mukuru we
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestInzobere nyarwanda mu bijyanye no konsa zivuga ko umubyeyi ugize ibyago byo gusama umwana yonsaga akiri muto adakwiye kumukura ku ibere ahubwo ko aguma kumwonsa kugeza undi avutse bakaba banasangira ibere.
-
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare bato (...) -
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu
26 August 2022, by UbwanditsiNiba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa (...) -
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu Matora (...)