Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, Myugariro w’ikipe ya APR FC, Rugwiro Herve yakoze ubukwe n’umukunzi we Mugabekazi Carine bamaze imyaka myinshi bakundana.
Herve usanzwe ukinira ikipe y’igihugu Amavubi akanakinira ikipe ya APR FC ni umwe muri ba myugariro nyarwanda bafite ibigango bikanga abataka b’amakipe menshi akunze guhura na APR FC.
Kuya 4 Werurwe 2017, uyu musore yasabye anakwa umukunzi we Carine amusaba kuzamubera umugore imbere y’ababyeyi n’inshuti mu mihango (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Myugariro ukomeye wa APR FC Rugwiro Herve yasezeranye imbere y’Imana n’abantu kubana akaramata na Carine Mugabekazi(AMAFOTO)
16 July 2017, by Martin Munezero -
Knowless Butera akomeje kugaragaraho ukunanuka kudasanzwe bikomeje no gutangaza abantu batari bake(AMAFOTO)
4 June 2017, by Martin MunezeroUmuhanzikazi Nyarwanda Butera Jeanne d’Arc uzwi ku izina rya Butera Knowless akomeje kwibazwaho n’abantu batari bake bamukurikiranira hafi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bitewe n’uburyo akomeje kugenda agaragaza ukunanuka kudasanzwe buri uko bukeye.
Knowless Butera ubu wamaze no kugira inshingano z’urugo ataramenyereye,mu mafoto akomeje gushyira hanze nyuma yo kwibaruka agaragaza uburyo yagiye ananukamo mu buryo bugaragarira buri wese ndetse bikagenda bitangaza n’abantu batari bake (…) -
PAC yasohoye nabi mu nteko abakozi ba REB kubera ibisubizo byabo byari byuzuyemo amanyanga
12 September 2019, by Dusingizimana RemyKomisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), yirukanye nabi mu nteko abakozi babiri bo mu kigo cy’igihugu gishinzwe uburezi,REB, kubera amanyanga yagaragaye mu bisubizo byabo.
-
Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze
5 May 2019, by UbwanditsiGucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo butandukanye mu bihe bitandukanye. Abagabo bashobora kugira iki kibazo mu gihe bagitangira igikorwa nyirizina bikagaragazwa no gusohora mu buryo bwihuse nta nicyo bari bakora kubijyanye n’imibonano mpuzabitsina baba bagiye gukora.
-
Dushimimana yabaye Umunyarwanda wa mbere wadabagijwe na Startimes GO yamufashije kubona TV n’ibindi bikoresho yari akeneye atavuye mu rugo rwe
21 May 2020, by UbwanditsiUwitwa Dushimimana Aimable utuye mu mujyi wa Kigali yabaye umunyarwanda wa mbere wungukiye bikomeye muri serivisi nshya ya Startimes yo kubona ibikoresho by’iyi sosiyete icuruza ifatabuguzi ry’isakazamashusho n’ibikoresho bijyanye yitwa Startimes Go,atavuye mu rugo iwe.
-
Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi nyarwanda 10 bafite imiterere myiza n’uburanga bibakururira abakunzi kurusha abandi mu Rwanda
17 July 2017, by Martin MunezeroUsibye kuba bafite impano yo kuririmba mu bahanzikazi Nyarwanda harimo banwe usanga bafite ubwiza budasanzwe ndetse n’abandi bafite imiterere idasanzwe ari nabyo usanga benshi babikuramo igikundiro ndetse no gushyigikirwa na benshi cyane cyane ab’Igitsina gabo.
Ntago ari ihame ko umuhanzikazi wese ugaragara kuri uru rutonde ari mwiza koko guhiga abandi batagaragayeho ahubwo twe twagendeye n’ubusanzwe ku bamenyekanye mu ruhando rwa Muzika nyarwanda.
Amafoto agaragaza abakobwa (…) -
Tom Close yatangaje ubwoko bw’umukobwa bakundanye mbere ya Tricia nyuma akamutera n’indobo abitewe n’umugore we(AMAFOTO)
25 May 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Muyombo Thomas ariko uzwi ku izina rya Tom Close yatangaje umukobwa bakundanye mbere yuko amenyana na Tricia ndetse avuga nuburyo yaragiye gushwana nawe kubera uwo mukobwa w’umuzungukazi avuga ko yitwa Ketty.
Ni mu kiganiro Tom Close yagiranye n’umunyamakuru Phil Peter aho yaciyemo muri make inzira y’urukundo rwe mbere yo kumenyana na Tricia ubu banabyaranye umwana wa mbere ndetse bakaba bitegura no kubyara umwana wa kabiri vuba…nubwo we atifuzaga kuvuga ku by’urukundo (…) -
Impamvu yatumye Senderi na Danny Vumbi bahezwa muri PGGSS8 yamenyekanye
17 March 2018, by Muhire JasonImpamvu yatumye Senderi atajya muri PGGSS8 ni uko akunda gukoresha indirimbo zamamaza amakipe no kutagendera ku mahame y’ irushanwa.
Hashize iminsi micye mu Rwanda hatowe abahanzi bazitabira irushanwa rya PGGSS rizaba ku nshuro yaryo ya 8 aho ryajemo impinduka nyinshi zitandukanye zirimo itegeko riheza abahanzi bafite imyaka 35 rigafata umuhanzi Danny Vumbi ndetse na Sender Internation Hits .
Ubwo UMURYANGO twaganiraga n’ umwe mu bakozi ba Bralirwa bashinzwe gutegura iri rushanwa (…) -
U Rwanda mu bihugu 15 byambere ku isi bifite abaturage benshi barya ntibahage(URUTONDE+UMUBARE)
2 June 2017, by Martin MunezeroIgishushanyo mbonera cy’imiririre muri Africa “Africa Nutrition Map” cyashyizwe ahagaragara n’Ubufatanye nyafurika mu Iterambere rya Africa ‘New Partnership for Africa’s Development (NEPAD)’ kuri uyu 01 Kamena, kiragaragaza ko ibihugu byose bya Africa bifite umubare w’abaturage barya ntibahage nubwo bifite imibare itandukanye.
Iki gishushanyo mbonera “Africa Nutrition Map” kigaragaza ko mu Rwanda hari abaturage bagera kuri Miliyoni 3,9 barya ntibahage (people under nourished), nubwo 46,6% (…) -
Menya bimwe mu byaranze itariki ya 08 Mata 1994,Maj. Gen. Paul Kagame atangaza ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Genocide
8 April 2018, by Martin MunezeroKuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Arusha. Ingabo za FPR Inkotanyi zatangije urugamba mu Mujyi wa Kigali, ziyemeza guhagarika Jenoside mu maguru mashya.
Nyuma y’umunsi umwe Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu Rwanda, tariki ya 8 Mata 1994, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu, ku rundi ruhande ingabo (…)
Umuryango.rw
Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze