Umuraperi Ngenzi Serge uzwi ku izina rya Neg G The General yibasiye umuhanzikazi Asinah nyuma yo kumushinja ubuhemu bwo gushyira hanze indirimbo batabyumvikanyeho.
Mu minsi ishize nibwo humvikanye indirimbo Neg G na Asinah bakoranye yitwa Kagoma yiganjemo kwibasira abaraperi nka Riderman na Jay Polly maze biza gukurura amatiku menshi hagati y’aba bahanzi bombi. Neg The General na Riderman inshuti za kera
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook Neg G yagaragaje uburyo Asinah yakoreshejwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Intambara y’amagambo ivanze no kwandagazanya hagati ya Neg G na Asinah bapfa indirimbo iheruka kujya hanze bibasiramo Riderman na Jay Polly (AMAFOTO)
10 May 2017, by Martin Munezero -
Ku Nshuro ya 34 hibukwa Bob Marley,Dore ibintu 10 byashyizwe ahagaragara utaruzi kuri we
11 May 2017, by Martin MunezeroBob Marley, ntabwo azibagirana n’abakunzi b’umuziki ku Isi, by’umwihariko abakunzi ba Reggae n’abo bita aba Rasta, uyu muhanzi yatangaga ubutumwa bw’umwihariko butuma bamwe bamwita Umuhanuzi. Ibi ni ibintu 10 bitamenyekanye cyane mu buzima bwe. Kuri uyu wa 06 Gashyantare, uyu muhanzi yari kuba yujuje imyaka 72.
1.Yizeraga ko kunywa agatabi kurumogi ngo bibohora. Aha twibutse ko mu gihugu cyacu kunywa urumogi ari icyaha gihanwa n’amategeko.
2.Amazina yiswe akivuka ni Nesta Robert Marley (…) -
MissRwanda Muheto Divine yakiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba [AMAFOTO]
5 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu munsi w’ejo tariki ya 4 Mata 2022 nibwo Miss Nshuti Muheto Divine wegukanye waye inyambinga w’uyu mwaka wa 2022 , yakiriwe mu biro bya Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba arinaho uyu mukobwa akomoka. Miss Muheto yiyamamarije mu Ntara y’Uburengerazuba, ayihesha ishema nyuma y’imyaka igera kuri ine ikamba ryihariwe n’abakobwa biyamamarizaga i Kigali.
Mu biganiro yagiranye na Guverineri Habitegeko harimo umushinga afatanyije na Africa Improved Food (AIF) wo kurwanya igwingira n’ikibazo (…) -
Urubuga www.job.rw ushobora kurubonaho amakuru yose ukeneye y’akazi, amasoko ndetse n’icyamunara
6 July 2020, by UbwanditsiKu bantu bashaka akazi, ba rwiyemezamirimo bashaka amasoko cyangwa se abashaka kwigurira imitungo inyuranye iba iri mu cyamunara mu Rwanda ntibikiri ngombwa kwigora kuko gusura urubuga rwa internet www.job.rw bigubafasha kubona amakuru aba agezweho y’akazi, amasoko n’ibyamunara biba biri hirya no hino mu gihugu.
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri nibwo company yitwa Loop Technologies yatangije urubuga www.job.rw rugamije guha abantu banyuranye amakuru anyuranye ku byabateza imbere harimo (…) -
Leta y’ u Rwanda igiye kubaka imihanda mishya ya kaburimbo irimo uwa km 123
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente yatangaje gahunda zitandukanye u Rwanda rufite mu rwego rwo kubungabunga imihanda harimo na gahunda yo kubaka imihanda mishya ya kaburimbo ireshya na km 394.
-
Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
26 April 2018, by Martin Munezero– Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
-
Imyitozo y’Ingabo z’u Rwanda ubwo zagaragarizaga Perezida Kagame ubuhanga n’ubushobozi zifite
11 November 2017, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yitabiriye imyitozo ya gisirikare y’ingabo z’u Rwanda y’urukomatane rw’intwaro, mu kigo cya gisirikare i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Ni imyitozo imugaragariza ubuhanga n’ubushobozi bw’ingabo mu bya gisirikare. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Twitter rwa Village urugwiro, Iyi n’imyitozo igizwe n’ibice bitandukanye birimo icy’ingabo zirwanira ku butaka n’izirwanira mu kirere. Mu busanzwe ingabo zikoresha uburyo bukomatanyije mu (…)
-
Ibintu 8 Abanyarwanda bakwigira kuri Knowless
19 October 2017, by Martin MunezeroIcyamamare/kazi ni umuntu abantu benshi bafatiraho icyitegererezo. Icyitegererezo umuntu w’icyamamare runaka atanga gishobora kuba kibi cyangwa cyiza bitewe n’uko icyo cyamamare cyitwara. Ibyamamare byo ku isi yose bikurikirwa ndetse bigakundwa n’abantu banyuranye. Haba abahanzi abakinnyi ba Film,abakinnyi b’umupira w’amaguru ,abanyamideli, ba Nyampinga n’abandi.
Bariya bose niko bagira isura nziza cyangwa mbi batanga muri sosiyete y’abantu ku isi yose. Mu Rwanda dufite umubare munini (…) -
Ingabire M. Immaculée yasabye Padiri Nahimana Thomas gutahuka
25 February 2021, by Martin MunezeroUmuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’akarengane mu Rwanda, Madamu Ingabire M. Immaculée, aribaza impamvu padiri Nahimana Thomas adatahuka mu Rwanda mu gihe avuga ko Perezida Kagame wamutangiraga atakiriho.
-
Reba ibintu 10 bitangaje utigeze umenya kuri Meddy harimo no kuba yarigeze gutwika inzu y’iwabo(AMAFOTO)
14 August 2017, by Martin MunezeroNgabo Medard Jobert wihaye akabyiniriro ka Meddy nk’umunyamuziki, yavukiye i Bujumbura mu Burundi, taliki ya 7 Kanama 1989. Ni umuhanzi nyarwanda umaze kubaka izina mu buryo bukomeye mu njyana ya R&B na Pop ndetse na Slow,akaba akorera umuziki we aho yiga muri Leta ya Texas muri Amerika. Meddy wamamaye mu ndirimbo nka ‘Igipimo’, ‘Ungirira ubuntu’, ‘Akaramata’ n’izindi agenda ashyira hanze ni mwene Sindayihebura Alphonse na Cyabukombe Alphonsine,akaba umwana wa kabiri mu muryango w’abana (…)
Umuryango.rw
MissRwanda Muheto Divine yakiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba [AMAFOTO]
Urubuga www.job.rw ushobora kurubonaho amakuru yose ukeneye y’akazi, amasoko ndetse n’icyamunara