Kuri uyu wa gatandatu taliki 16/11/2024, Skol ibinyujije mu kinyobwa cyayo cya Skol Malt yateguye igitaramo gikomeye kizitabirwa n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda bazwiho guhagurutsa imbaga kizabera muri Kigali Universel (hejuru muri CHIC), imiryango ikazaba ifunguye kuva saa kumi z’umugoroba!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
14 November 2024, by Ubwanditsi -
GOLDEN HEALTH REFLEXOLOGY CLINIC, ivuriro rikoresha ubuvuzi bugezweho muri icyi kinyejana
25 March 2019, by UbwanditsiGOLDEN HEALTH REFLEXOLOGY CLINIC ni ivuriro rikoresha ubuvuzi bugezweho muri icyi kinyejana, buzwi kw’izina rya Comprementary Therapies. bukoreshwa kw’isi hose no mu bihugu byateye imbere. ubu buryo bufasha umubiri kwirinda no kurwanya indwara zikomeye zihitana benshi muri iki gihe .
-
Sobanukirwa uko ukwiye kwitwara mu gihe washobewe ibibazo byakubujije amahwemo
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMu rwandiko Pawulo yandikiye Abaheburayo10:38-39 haragira hati: “Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira. Ariko ntituri abasubira inyuma ngo turimbuke ahubwo turi abafite ukwizera kugirango turokore ubugingo bukomeze kubaho.”
-
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko batekereza uko abaganga n’abakora mu nzego z’ubutabera bakongererwa umushahara gusa yirinze kuvuga igihe bizakorerwa.
Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko igihugu nikibona aho gikura kizongerera umushahara abaganga n’abo mu nzego z’ubutabera nkuko cyabikoze ku barimu.
Ati "Abo bandi nabo hari igihe twigeze kureba ko twagira icyo dukora ngo hagire icyiyongeraho ku buzima bwabo cyangwa icyo bahembwa.Harimo nk’urugero (...) -
‘Gusebanya’ cyakuwe mu mushinga w’ itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange...ntabwo bivuze ko kitazahanwa
28 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Komisiyo ya politiki n’uburinganire bw’abagabo n’abagore mu iterambere ry’igihugu Depite Kayiranga Alfred Rwasa ubwo abadepite bari bagiye gutora itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange yavuze ko icyaha cyo gusebanya cyakuwemo.
Hon Rwasa yagize ati “Icyaha cyo gusebanya cyakuwe mu itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange, ariko ntabwo bivuze ko kitazahanwa. Kizahanwa n’ amategeko yandi arimo n’ ay’ itangazamakuru”
Mu minsi ishize inzego zitandukanye z’itangazamakuru zari (...) -
Ni gute wahangana n’ibibazo urimo-Igice cya 2 – Rev./ Ev. Eustache Nibintije
17 May 2019Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Ibyaranze tariki 24 Kamena birimo n’ ivuka rya Lionel Messi
24 June 2017, by Renzaho FerdinandMenya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24 Kamena ni umunsi 175 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 190 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki ya 24 Kamena nibwo kabuhariwe mu mupira w’amaguru ubu ufite imipira ya zahabu kurusha abandi bose ku isi, Lionel Messi, yavutse.
Hari ku itariki nk’iyi ya 24 Kamena 1987, ubwo umwana (...) -
Dore urutonde rwa ba Miss b’abanyarwandakazi n’abakunzi/abagabo babo[AMAFOTO]
28 April 2018, by Martin MunezeroBa Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe bakunda kugaragara cyane ndetse bakagira ishema ryo kugaragaza abasore bihebeye.
Muri iyi nkuru, turagaruka kuri ba Nyampinga batandukanye baba aba za Kaminuza, abahataniye ikamba rya Nyampinga w’igihugu n’abandi batandukanye, bafite abakunzi babo ndetse bakunda no kubigaragaza cyane ku mbuga (...) -
Cartoon: Bamwe mu babonaga uko inyubako ya Hotel Top Tower isenywa bicuzaga impamvu inzu itagira amapine
13 July 2017, by UbwanditsiBamwe mu bazindutse babona aho imirimo yo gusenya inyubako ya Hotel Top Tower igeze bicuzaga impamvu inzu itagira amapine. Umujyi wa Kigali waraye utangiye gusenya iyi nyubako mu ijoro ryakeye uyishinja kutuzuza ubuziranenge ndetse no kuba itajyanye n’igishushanyo mbonera cy’Umujyi
-
Dushimimana yabaye Umunyarwanda wa mbere wadabagijwe na Startimes GO yamufashije kubona TV n’ibindi bikoresho yari akeneye atavuye mu rugo rwe
21 May 2020, by UbwanditsiUwitwa Dushimimana Aimable utuye mu mujyi wa Kigali yabaye umunyarwanda wa mbere wungukiye bikomeye muri serivisi nshya ya Startimes yo kubona ibikoresho by’iyi sosiyete icuruza ifatabuguzi ry’isakazamashusho n’ibikoresho bijyanye yitwa Startimes Go,atavuye mu rugo iwe.