Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane.
Ibi Minisitiri Gashumba yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hagaragazwaga aho gushyira mu bikorwa gahunda yo kugabanya umubare w’ abana bagwingira bigeze.
Umugore n’ umugabo batanze ubuhamya muri uyu muhango bagaragaje ko kwita ku mwana no kumurinda kugwingira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba
6 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Musa Esnu, rutahizamu wa Rayon Sport yapfushize Sekuru
28 March 2022, by Rebecca UFITAMAHORORutahizamu Musa Esnu usanzwe ukinira ikipe ya Rayon Sports, ntiyagaragaye mu mukino wa gcuti wahuje Rayon Sports na AS Muhanga.
-
Twagiramungu yanyomoje amakuru avuga ko amaze iminsi apfuye
28 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki utavugarumwe na Leta y’ u Rwanda wigezekuba Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Faustin Twagiramungu yanyomoje amakuru avuga ko yitabye Imana tariki 14 Nzeli 2017.
Ibi abinyomoje mu gihe bimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda byari byatangaje ko uyu munyapoltiki yaba yarapfuye urupfu rwe rukagirwa ibanga.
Mu kiganiro yagiranye na BBC kuri uyu wa 27 Nzeli yavuze ko araho ari muzima ko Imana ikimurinze yongeraho ko atazapfa vuba ngo abifuza ko apfa bazabitegereza igihe kirekire. (…) -
Urutonde rw’imodoka 10 zihenze cyane muri uyu mwaka w’2018-AMAFOTO
8 January 2018, by Iyamuremye JanvierUyu mwaka wa 2018 utangiranye udushya twinshi nk’inkweto zikozwe mu cyuma zikorerwa muri Zambia, kuri ubu hakaba hanasohotse urutonde rw’imodoka nziza zihenze ku isi kurusha izindi z’ubwoko butandukanye.
AMAFOTO N’IBICIRO
10. Bugatti Chiron: Igura miliyoni 2.5 z’amadolari y’Amerika angana na miliyari 2,1 Rwf
9. Pagani Huayra BC igura amadolari y’Amerika miliyoni 2.8 arenga amafaranga y’u Rwanda miliyari 2.4
8.Ferrari Pininfarina Sergio ushaka kuyigura atanga miliyoni 3 z’amadorali (…) -
Ignace Murwanashyaka wayoboraga FDLR yaguye mu Budage
17 April 2019, by UbwanditsiInkuru dukesha ikinyamakuru Umuseke yasohotse ku mugoroba wo kuri uyu wa kabili aravuga ko Umunyarwanda, Ignace Murwanashyaka w’imyaka 56 wayoboraga umutwe wa FDLR utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yaguye muri gereza yo mu Budage azize uburwayi.
-
Watch UEFA Europa League on StarTimes Europa League group stage kicks off
19 October 2020, by UbwanditsiJose Mourinho, who is the self-titled Special One, is used to winning trophies. The Premier League, the Serie A, LaLiga, the Champions League and the Europa League are amongst the trophies that he has managed to win.
But his last success dates back to 2017, when he won the Europa League with his then employer, Manchester United. The run of three trophy-less years is the longest that the Portuguese coach has had since first winning four trophies with Porto in 2003.
On Thursday Mourinho (…) -
Watch the Emirate FA Cup on StarTimes FA Cup final: Chelsea flying high
12 May 2021, by UbwanditsiBy Peter Auf der Heyde
Chelsea will face Leicester City for the FA Cup final in Wembley on Saturday, to be aired on StarTimes. Thanks to a stellar squad led by two German internationals Kai Havertz and Timo Werner, Thomas Tuchel’s Chelsea are the favourites of the final. But Leicester could surprise the Blues, that are battling on many fronts.
A lot can happen in four months. Especially in football. Just ask Thomas Tuchel.
In December, just four months after taking Paris St Germain to (…) -
Reba LA LIGA kuri Startimes-Lionel Messi yagumye muri LA LIGA igiye gutangira
7 September 2020, by Dusingizimana RemyBy Peter Auf der Heyde
Ubwo Messi yatangazaga ko yemeraga ko agiye kuguma mu ikipe ya FC Barcelona mu mwaka w’imikino utaha,mu cyumweru cya mbere cya Nzeri,benshi mu bakunzi ba ruhago muri Espagne bariruhukije.Messi ntabwo ari umukinnyi usanzwe.
-
Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta buri wese yahawe akarere agomba gukurikirana
16 September 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru y’ibyo, agomba kujya atanga raporo buri kwezi ndetse akanatanga inama muri ako karere habaye hagize ibibazo bihari cyangwa bitumvikaneho.
Mu ibaruwa Dr Ngirente Edouard yandikiye abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta, akamenyesha Perezida Paul Kagame, Umuyobozi w’Umujyi na ba Guverineri b’Intara (…) -
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
13 May 2020, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu batangaje ko inzara ibamereye nabi kuko ngo aho guhabwa ubufasha bw’ibyokurya n’ubuyobozi ahubwo bahawe udupfukamunwa.
Umuryango.rw
“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba
Musa Esnu, rutahizamu wa Rayon Sport yapfushize Sekuru
Reba LA LIGA kuri Startimes-Lionel Messi yagumye muri LA LIGA igiye gutangira